Editor

Nyina wa Masamba Intore yitabye Imana

Mukarugagi Ancille, Nyina wa Masamba Intore yatabarutse ku wa Kane tariki 18 Nzeri 2025 ku myaka 83 y’amavuko, azize uburwayi. Massamba Intore yavuze ko umubyeyi we yari amaze imyaka myinshi arwaye, akaba yitabye Imana amaze iminsi ine arwariye mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe. Ati: “Atabarukiye mu Bitaro Bikuru bya Gisirikare i Kanombe, yari amaze…

Read More

Amafoto: Mu birori biryoheye ijisho Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we

Umuhanzi Niyo Bosco uherutse kugaragaza umukunzi we, yamwambitse impeta amusaba ko bazarushingana bakazibanira nk’umugore n’umugabo, na we arabimwemerera, mu birori byitabiriwe n’ibyamamare nk’umuhanzi Chris Eazy na Bwiza. Mu minsi ishize uyu muhanzi yari aherutse kugaragaza uyu mukunzi we Mukamisha Irene, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko, akoresheje amagambo aryohereye. Mu ijoro ryacyeye ryo kuri uyu wa…

Read More

Ibyavuye mu rubanza rwa Thomas Partey ushinjwa gufata ku ngufu abagore batatu

Thomas Partey wahoze akinira ikipe ya Arsenal yahakanye gufata ku ngufu abagore babiri no gukora ihohotera rishingiye ku gitsina ku wundi mugore wa gatatu. Uyu Munya-Ghana ukina hagati mu kibuga yahakanye ibirego bitanu byo gufata ku ngufu n’ikirego kimwe cy’ihohotera rishingiye ku gitsina ubwo yitabaga urukiko rwa Southwark Crown Court i London ku wa gatatu….

Read More

Umuntu wibye Beyonce yatawe muri yombi

Polisi yo mu Mujyi wa Atlanta muri Leta ya Georgia yatangaje ko yafashe Kelvin Evans, ukurikiranyweho kwiba ‘hard drives’ zari ziriho indirimbo z’umuhanzi Beyoncé ariko zitarajya hanze. Evans arashinjwa ko mu mpeshyi y’uyu mwaka, yamennye ibirahuri by’imodoka yari iparitse muri uwo mujyi, akiba ibintu bitandukanye birimo na ‘hard drives’ zari ziriho ibihangano bya Beyoncé. Ubu…

Read More

Yabitangiye bamwita umwana!! Ibyo wamenya kuri Okkama ugiye kwizihiza imyaka 5

Umuhanzi Okkama yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka itanu ishize akora umuziki. Ibi yabihuje no kuba yarabitangiye bamwita umwana none ubu akaba ari umugabo w’abana babiri. Uretse kuba baramwitaga umwana Okkama ni umwe mu bahanzi bahiriwe n’indirimbo zireba abana bakiri bato bitewe n’indirimbo zifite ubutumwa bureba abana. Yatangiye umuziki tariki 14 Ukwakira 2020,…

Read More

CECAFA yasabye imbabazi ikipe ya APR FC

Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba no hagati, CECAFA, bwasabye imbabazi ikipe ya APR FC kubera amakuru yatanzwe nabi bigatuma iyi kipe idahabwa imidari yayo uko bikwiye. APR FC yegukanye umudari wa Bronze mu mikino yasojwe kuri uyu wa Mbere, gusa iza gutungurwa n’uko itambitswe imidari yatsindiye nyuma yo kubwirwa ko iri…

Read More

Mama Sava yabonye umusore umuhoza amarira mu rukundo

Nyuma y’imyaka ibiri atandukanye n’umugabo yashinjwaga gutwara undi mugore, Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava yabonye umuhoza amarira , Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mama Sava akomeje kugaragaza umusore yihebeye ndetse anongeraho imitoma myinshi igaragaza urwo amukunda. Ati “Wavukiye gutuma umutima wanjye ukunda. Njye ntabwo ngukunda gusa ahubwo nkunda n’urukundo ngukunda.” Aya ni amagambo Mama Sava…

Read More

Igihombo gikomeye n’ingaruka mbi kuri Ariel Wayz nyuma gufungwa

Ifungwa ry’umuhanzikazi Ariel Wayz rishobora kumuteza igihombo gikomeye cyane biturutse ku gupfa kwa kazi yari afite mu muziki nyuma yaho agiriye amasezerano n’ikigo gikomeye cya Universal Music East Africa bigatuma urugendo yarafite rusubikwa. Impamvu y’iki gihombo ni uko Ariel Wayz ajya gufatwa ngo afungwe iki kigo gikomeye mu muziki cyari cyaramaze kugurira itike y’indege uyu…

Read More

Icyateye ifungwa rya Ariel Wayz na Babo

Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga yemeje ko abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz bafunze. ACP Rutikanga yemeje ko aba bahanzi batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko bafashwe, bapimwe n’urwego rubishinzwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge, bombi bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera, hamwe n’abandi batanu amazina yabo atatangajwe….

Read More