Icyateye ifungwa rya Ariel Wayz na Babo

Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga yemeje ko abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz bafunze.

ACP Rutikanga yemeje ko aba bahanzi batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko bafashwe, bapimwe n’urwego rubishinzwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge, bombi bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera, hamwe n’abandi batanu amazina yabo atatangajwe.

ACP Rutikanga yemeje ko aba bahanzi batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko bafashwe, bapimwe n’urwego rubishinzwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge, bombi bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera, hamwe n’abandi batanu amazina yabo atatangajwe.

Amakuru agera kuri MAMBO1 avuga ko aba bafunzwe bazira guteza akavuyo n’urusaku mu nzu yari iherereye Nyarutarama bituma nyira yo ahamagaza inzego z’umutekano.

Umuhanzikazi Babo yatawe muri yombi
Ariel Wayz nawe ni umwe mu bafunzwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *