Editor

Bishe umugore bamutwitse kubera ‘gutuka Muhammad’

Umugore yiciwe mu majyaruguru ya Nigeria, amakuru avuga ko ari nyuma yuko avuze amagambo yafashwe ko atuka intumwa y’Imana Muhammad. Iyicwa rye ryongeye kubyutsa umujinya mwinshi ku kwihanira muri icyo gihugu bikozwe n’udutsiko tw’abantu. Polisi ya Nigeria yavuze ko uwo mugore, watangajwe ko yari umucuruzi w’ibiribwa witwa Amaye, ku mugoroba wo ku wa gatandatu yatewe…

Read More

Amafoto utabonye yaranze ibirori bya Kathia wo muri ’Mackenzies’

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze. Ni ibirori byabaye tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be. Mu bitabiriye ibyo birori harimo abakobwa babana muri Mackenzies n’izindi nshuti ze harimo na Jeanine Noach wigeze kubaho umukunzi w’umuhanzi…

Read More

Ish Kevin yasanze Ariel Wayz muri Universal Music Group

Ish Kevin yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire na ‘Universal Music Group,’ sosiyete ikomeye ku Isi mu bijyanye no gufasha abahanzi, igiye kujya imufasha mu bijyanye n’ubuhanzi bwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Nzeri 2025 nibwo Ish Kevin yasohoye itangazo rigenewe abanyamakuru, rihamya ko bamaze gusinyana amasezerano na ‘Universal Music Group,’ Ishami rya…

Read More

KNC yakuye ikipe ya Rayon Sports ku gikombe

Umuyobozi mukuru w’ikipe ya Gasogi United KNC yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports itari mu makipe aha amahirwe yo kuzegukana igikombe cya shampiyona ndetse ko itazajya no muri eshatu za mbere. Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yerekanye ko hari ibibazo bishobora kuzatuma Rayon Sports itabona n’umwanya wa gatatu birimo ibyo kujagarara…

Read More

Kathia uzwi muri ’Mackenzies’ yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi – AMAFOTO

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze bizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ‘Bachelorette Party’. Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be. Byabaye kandi nyuma y’aho we na Adonis Filer wamenyekanye…

Read More

Urubanza rwa gatanya ya Chameleone n’umugore we rukomeje kugarukwaho cyane

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo kugarukwaho cyane muri Uganda no mu bakunzi ba muzika mu karere bazi uyu muhanzi Jose Chameleone. Ibinyamakuru muri Uganda…

Read More