Editor

Baltasar wafatanywe amashusho 400 y’abagore basambanye yafatiwe ibihano

Baltasar Ebang Engonga wo muri Guinée Equatorial akaba na Mwishywa wa Perezida w’iki Gihugu, wagarutsweho cyane ubwo hasakaraga amashusho bivugwa ko yafataga ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagore batandukanye, yakatiwe gufungwa imyaka umunani ahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kwigwizaho imitungo. Yahanishijwe gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125, 4 CFA akabakaba miliyoni 320…

Read More

Impungenge kuri filime z’abana zisigaye zerekana ubutinganyi

Uko iminsi iza indi igataha, hari imico imwe n’imwe yafatwaga nka kirazira mu bihugu bitandukanye ku Isi ijyenda ihabwa intebe y’icyubahiro cyane cyane mu bantu b’ibyamamare benshi bafatiraho icyitegererezo. Ugasanga hari impaka ndende ku bijyanye n’ubusambanyi bw’abahuje igitsina (ubutinganyi). Mu bihugu byinshi byateye imbere, umuco w’ababana cyangwa abaryamana bahuje ibitsina wamaze kuba ikintu gisanzwe kera…

Read More

Abanyamakuru baregwaga mu rubanza rwa APR FC barekuwe by’agateganyo

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwa Gisirikare rwategetse ko abasivile 23 barimo abanyamakuru Rugaju Reagan, Ishimwe Ricard, Mucyo Antha n’umuvugizi w’abafana ba APR FC Jangwani bakurikiranweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo. Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa Kabiri, aho uretse aba basivile 23 hanarekuwe by’agateganyo ba Ofisiye babiri…

Read More

Ibyo wamenya ku modoka nshya ya Rayon Sports itegerejwe

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko butegereje imodoka nshya y’agatangaza izajya itwara abakinnyi ihagaze akayabo ka mafaranga menshi. Mu ijoro ryo kuya 25 Kanama 2025, muri Zaria Court i Remera, ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports ndetse n’ubuyobozi bw’urwego rw’ikirenga, bwamuritse umushinga w’Akanyenyeri witezweho guhindura ibibazo by’ubukungu muri iyi kipe. Iyi serivisi ikorwa ukanze *702#…

Read More

Platini P na Nel Ngabo bagiye gusogongeza abafana kuri Album

Abahanzi barimo Platini P na Nel Ngabo babarizwa muri Kina Music bagiye gusongongeza abafana, babo kuri Album baherutse guhuriraho bise “Vibranium.” Ni igitaramo kibazera muri Zaria Court, tariki 29 Kanama 2025, aho kwinjira bizaba ari ibihumbi 50Frw. Vibranium iriho indirimbo umunani ziri mu njyana zitandukanye, yakozweho n’abarimo Ishimwe Clement, Mamba, Devy Denko, Element Eleéeh n’abandi.

Read More

Lil Nas X yatawe muri yombi nyuma yo kugaragara yambaye umwenda w’imbere i Los Angeles

Umuhanzi w’Umuraperi w’Umunyamerika Lil Nas X yatawe muri yombi ahita anajyanwa mu bitaro nyuma yo kugaragara azerera mu muhanda i Los Angeles yambaye umwenda w’imbere. Amakuru y’itabwa muri yombi no kujyanwa mu bitaro kuri uyu muraperi, yemejwe n’Ubuyobozi bw’i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za America. Polisi yo muri uyu Mujyi wo muri California,…

Read More

Chris Brown ari kuvugisha benshi kubera gukuramo umukobwa ikariso

Chris Brown akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’amafoto ye yagiye hanze asa nk’aho ari gukuramo ikariso umukobwa bivugwa ko ari umwe mu bafana wari wamwishyuye akayabo. Ni amafoto abiri agaragaza uyu muhanzi ari kumwe n’umukobwa ari kumukuramo umwambaro w’imbere. Iya mbere uyu muhanzi aba arebana n’uyu mukobwa, mu gihe indi uyu mukobwa aba…

Read More