Editor

Teta Sandra yahishuye impamvu atajya atandukana burundu na Weasel

‎Teta Sandra yatangaje ko nubwo rimwe na rimwe ajya agirana ibibazo n’umugabo we Weasel Manizo, ariko urukundo no kumvikana nibyo bituma babasha kubitambukamo bakaba bakiri kumwe. ‎Ibi yabitangaje mu ijoro ryakeye ubwo bari mu birori yizihizagamo isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko aherutse kuzuza. ‎Yokomeje avuga ko kugeza ubu nta gahunda afite yo kubyarana abandi bana na…

Read More

FIFA yafatiye ibihano ikipe ya Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryafatiye ibihano amakipe 14 arimo Rayon Sports kubera abari abakozi ba yo bayareze bayashinja kudashyira mu bikorwa amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Ugushyingo 2025, ni bwo hamenyekanye amakipe 14 yafatiwe ibihano na FIFA kubera amakosa aya makipe yakoze yo kwirukana abari abakozi…

Read More

Ntibisanzwe: Ikipe yatsinze indi ibitego 16 mu gikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru

Ikipe ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17, yatsinze iya New Caledonia ibitego16-0, ica agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe muri iki cyiciro. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo amakipe yombi yahuraga aho ari mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17, kirimo kubera i Doha muri Qatar. Ikipe ya New Caledonia yahuye n’uruva…

Read More

Bagaragaye basomana kuri ‘Tiktok’ bategekwa guhita bashyingiranwa

Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga basomana, bashyingirwa mu gihe kitarenze iminsi 60. Uyu musore witwa Idris Mai Wushirya n’umukobwa witwa Basira Yar Yuda, baherutse gushyira ku rubuga rwa Tiktok amashusho abagaragaza basomana, bagaragaza ko bakundana. Leta ya Kano igendera ku itegeko rya Isilamu rizwi…

Read More

Uwicyeza Pamella yahishuye uko yarokotse urupfu mu minsi ishize

Miss Uwicyeza Pamella umufasha wa The Ben yahishuye ko mu minsi ishize yakoze impanuka ikomeye, ku buryo yumvaga ko birangiye ariko Imana ikinga akaboko we n’abo bari kumwe ntibagira icyo baba. Ibi Pamella yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Taikun Ndahiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube ‘Narababwiye TV’, aho yari abajijwe ku mpanuka aherutse gukora. Yabajijwe…

Read More

Passwords zirenga miliyoni 180 za Gmail zaribwe

Abakoresha ’e-mail’ za Gmail basabwe kwihutira kugenzura konti zabo nyuma y’uko hatangajwe ko ‘passwords’ zirenga miliyoni 183 z’abayikoresha zibwe, nk’uko byagaragajwe n’amakuru yatangajwe n’inzobere mu by’umutekano wo kuri murandasi. Umuhanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga ukomoka muri Australia, Troy Hunt, ni we watangaje aya makuru, avuga ko hari amakuru y’abantu arimo aderesi za email n’amagambo y’ibanga bakoresha…

Read More