Editor

Ibyo Prophète Joshua yakoreye Platini na Nel Ngabo byatunguye benshi

Uwiyita umukozi w’Imana, Prophète Joshua yavuze ko atagihaye Platini na Nel Ngabo miliyoni 5 Frw yabemereye ubwo yaguraga album yabo ‘Vibranium’. Aya mafaranga Prophète Joshua yayemereye mu gitaramo cyabereye muri ‘Zaria Court’ ku wa 29 Kanama 2025 ubwo yari yitabiriye ubutumire bwa Platini wari wamutumiye kumva kuri album ye na Nel Ngabo ‘Vibranium’. Imbere y’abitabiriye…

Read More

The Ben ategerejwe mu gitaramo i Dubai

Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, aritegura kwitabira igitaramo kizabera i Dubai mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Abarabu. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba taliki ya 6 Ukuboza 2025, kibere ahitwa Grand continental hotel Deira mu kabyiniro kitwa Venom. Muri iki gitaramo The Ben azafatanya na Dj Flix nawe uzaba aturutse mu…

Read More

Bwa mbere ‘myugariro’ yabaye umukinnyi w’umwaka muri Afurika

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ya Maroc na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Achraf Hakimi, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza w’Umunyafurika mu mwaka wa 2025. Ni mu bihembo byatanzwe n’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika, CAF. Uyu muhango wo guhemba abakinnyi bitwaye neza ku Mugabane wa Afurika wabaye mu ijoro ryo ku Gatatu, tariki 19 Ugushyingo 2025, muri Maroc….

Read More

Uko indirimbo y’abana yakunzwe cyane kw’isi yacuruje miliyoni 400$

Muri Kamena 2016, ubwo Kim Min-seok yemeraga ko hashyirwa hanze amashusho y’indirimbo y’abana y’amasegonda 90, ntiyari azi igikorwa gikomeye atangije ariko kandi ntiyari anazi ikizavamo. Iyo ndirimbo yitwa “Baby Shark” imaze kuba ikimenyabose kw’isi hose, imaze kurebwa inshuro zirenga miliyari 16 kuri YouTube, ni yo video imaze kurebwa cyane kurusha izindi zose kugeza ubu. Ni…

Read More

Aline Gahongayire yageneye ubutumwa Vestine uri mu bihe bikomeye

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yageneye ubutumwa mugenzi we Ishimwe Vestine amukomeza, nyuma yuko hagiye hanze ubutumwa bivugwa ko ari ubwe agaragaza ko urugo rwe rudahagaze neza. Amakuru y’ibibazo bivugwa mu rugo rw’umuririmbyi Vestine, yasakaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ugushyingo 2025 nyuma yuko ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Instagram…

Read More

Nyuma y’imyaka umunani Arsenal na Visit Rwanda bagiye guhagarika imikoranire

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambera mu Rwanda, RDB, rwatangaje ko Arsenal FC na Visit Rwanda bazahagarika gukorana muri Kamena 2026 nyuma y’imyaka Umunani. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Ugushyingo 2025, aho byemejwe ko Arsenal FC hamwe na RDB bemeranyije guhagarika ubufatanye ubwo iyi Saison izaba irangiye. Visit Rwanda yari umufatanyabikorwa ukomeye wa Arsenal…

Read More

Vestine yateje urujijo mu bakunzi be

Umuramyi Ishimwe Vestine yateye benshi kwibaza byinshi nyuma y’ubutumwa yashyize kuri Instagram ye agaragaza ko abayeho mu buzima atishimiye kandi atahisemo ndetse agaragaza kwicuza gukomeye. Ati “Uyu munsi ubuzima mbayemo ntabwo ari bwo nahisemo. Mbayeho nabi, kandi ibi ntabwo ari byo nkwiye. “Ndabizi nafashe icyemezo kibi mu buzima bwange, ariko ntacyo bitwaye. Imana yemera ko…

Read More

Abahanzi bo muri Uganda bahamya ko amarozi abugarije

Umuhanzikazi wo muri Uganda, yikomye abahanzi bo mu kiragano cyo hambere muri Uganda abashinja gukoresha amarozi kugira ngo bitambike abari kuzamuka. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyakuru, Frank Ntambi ukorera kuri YouTube. Azawi yavuze ko abahanzi bakuru batifuriza iterambere abahanzi bato, ariyo mpamvu bakora ibishoboka byose ngo babafungire amayira, aho byamaze kurenga kuba ihangana mu…

Read More