Editor

Urubanza rw’abaregwa mu gusakaza amashusho ya Yampano rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’isakara ry’amashusho y’umuhanzi Yampano. Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki 27 Ugushyingo 2025 ubwo aba bagezwaga imbere yarwo ngo baburane ku ifungwa ry’agateganyo. Muri uru rubanza rwanitabiriwe n’uwatanze ikirego…

Read More

Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal

Perezida Paul Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal nyuma yo gutsinda Bayern Munich yo mu Budage ibitego 3-1, mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions. Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rubuga rwa X, yagize ati “Arsenal yaduteye ishema twese. Turabashimiye.” Arsenal yatsinze Bayern Munich ibifashijwemo na Jurrien Timber watsinze igitego cya mbere ku…

Read More

Umunya-Côte d’Ivoire wabaye igisonga muri Miss Universe 2025 yiyambuye ikamba

Umunya Côte d’Ivoire wegukanye ikamba rya Miss Universe Africa & Oceania mu irushanwa rya Miss Universe riherutse kurangira yatangaje ko yiyambuye uwo mwanya kandi yitandukanyije n’iri rushanwa no mu gihe kizaza. Mu irushanwa muri rusange, Yacé yabaye uwa kane(4), ni we munyafurika waje ku mwanya wo hafi. Olivia Yacé yanditse ubutumwa kuri Instagram ati: “…Ndi hano ngo…

Read More

Papa Cyangwe ari gushinja Kigali Universe ubwambuzi no ku mufunga

Umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko we n’abantu be bari gutegura uburyo bajya gutanga ikirego barega abafite mu nshingano Kigali Universe, ku bwo kuba baramufungiranye ubwo igitaramo aherutse gukoreramo cyari kirangiye. Papa Cyangwe aganira na Radio Isibo yabatangarije ko bamufungiranye muri iyi nyubako kuva saa 02:00 kugera saa 06:00 za mu gitondo. Cyangwe yavuze ko uwitwa…

Read More

Kevin Hart yatatse u Rwanda binyuze mu mukino yashyize kuri Netflix

Umunyarwenya ukomeye ku isi Kevin Hart yatatse u Rwanda mu bijyanye n’isuku hamwe n’umutekano mu mukino yise ‘Acting my age’ yashyize ku rubuga rwa Netflix. Muri uyu mukino wasohotse ku wa 24 Ugushyingo 2025, Kevin Hart yafashemo iminota 13 yo kuvuga ibyiza by’u Rwanda, ahamya ko yatunguwe n’uko yarusanze agereranyije n’uko Abanyamerika basuzugura Afurika. Abinyujije…

Read More

Undi muntu yatawe muri yombi!! Abasakaje amashusho ya Yampano bashobora gukatirwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi undi musore ukekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano arikumwe n’umukunzi we Uwineza Diane. Uretse ibyo kandi batangaje ko dosiye yabo yagejejwe mu Bushinjacyaha. Ibi bikaba ari mu rwego rwo gukomeza iperereza no gukurikirana ababigizemo uruhare bose. Kugeza ubu abakurikiranyweho gusakaza ayo mashusho ni Kalisa John uzwi…

Read More