Editor

Nicki Minaj yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga

Umuraperikazi Nicki Minaj yateye benshi kumwibazaho nyuma y’uko batunguwe no kubona konti ye ya Instagram ivaho, bikavugwa ko ari we wayikuriyeho kubushake bwe. Uku gusibwa kw’iyi konti, biravugwa ko byabaye nyuma y’uko Nicki Minaj atakaje abakabakaba miliyoni 10 bamukurikiraga kuri Instagram, nyuma y’uko agiye kuri televiziyo agashimagiza Perezida Donald Trump. Nyuma y’icyo kiganiro abantu batangiye…

Read More

Biravugwa ko Dj Toxxyk yatawe muri yombi

Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk, biravugwa ko yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda akitaba Imana. Amakuru avuga ko Dj Toxxyk yatawe muri yombi mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Ukuboza 2025 ubwo yari atashye avuye mu kazi ko kuvangavanga imiziki. Bivugwa ko yari…

Read More

Miss Mutesi Jolly kwihangana byanze asubiza Umunyamakuru wamwibasiye

Miss Jolly Mutesi kwihangana byamunaniye, avuga ku munyamakuru Karegeya Omar Jean Baptiste wanenze inkunga aherutse guha Miss Nishimwe Naomie ubwo yamurikaga igitabo cye ‘More than a crown’. Ibi uyu mukobwa yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga nyuma yo kubona amashusho ya Karegeya. Ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube yitwa ‘Max TV’, Karegeya yanenze kuba Miss…

Read More

Filime ‘The Bridge of Christmas’ igiye kwerekanwa muri sinema mbere yo gutambuka kuri ZACU TV

Mu gihe iminsi mikuru yegereje, abakunzi ba sinema nyarwanda bagiye guhabwa impano idasanzwe. Filime The Bridge of Christmas, yakozwe na ZACU Entertainment, igiye kwerekanwa ku nshuro ya mbere muri sinema ya Canal Olympia Rebero. Iyi filime y’urukundo igaruka ku nkuru igaragaza uko abantu bashobora kongera kubona icyizere mu rukundo, cyane cyane mu bihe by’iminsi mikuru…

Read More

Guhera ku bwonko kugeza ku mutima, Menya akamaro ko kuririmba ku buzima bwawe (Video)

Guhera ku kongerera ubwonko imbaraga kugeza ku kugabanya uburibwe, kuririmbana n’abandi bishobora gutanga inyungu nyinshi zitandukanye. Ni cya gihe cy’umwaka ubwo umwuka wuzura amajwi meza nk’ay’abamalayika cyangwa se indirimbo z’amashimwe ziranguruye, igihe abaririmbyi b’indirimbo za Noheli bakwirakwiza umunezero wabo udashira. Ayo majwi yose yo kuramya no guhimbaza, atera ibyishimo n’umunezero. Itsinda ry’abantu baririmba bambaye imitako…

Read More

Ku kirwa cya Bermuda hagaragaye ibuye ridasanzwe

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko hari ikibuye gifite uburebure bwa kilometero 20 kiri munsi y’ikirwa cya Bermuda, ibishobora kuba bifite aho bihuriye n’imiterere idasanzwe y’iki kirwa. Abakoze ubu bushakashatsi bavuga ko babonye icyo kibuye bifashishije ibikoresho bisanzwe bipima umutingito cyane cyane mu gice cy’inyanja. Aba bashakashatsi bagaragaza ko iryo buye rishobora kuba ryaraturutse ku iruka ry’ibirunga…

Read More

Amasomo umwaka wa 2025 usigiye Uwase Muyango

Uwase Muyango Claudine yavuze ko nabona uyu mwaka urangiye azapfukama agashima Imana kuko yamukoreye ibikomeye. Ibi uyu mugore wa Kimenyi Yves yabitangarije abanyamakuru ubwo yari yitabiriye imurikwa ry’Igitabo ’More Than Crown’ cya Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie. Ubwo yari abajijwe uko umwaka wa 2025 wamugendekeye, Muyango Claudine yavuze ko wamusigiye isomo rikomeye cyane. Ati…

Read More