Editor

Kendrick Lamar mu begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye – Urutonde rwabegukanye Grammys

Ibihembo bikomeye mu myidagaduro bimaze gutwangwa i Los Angeles muri Amerika, aho abahanzi bakomeye nka Billie Eilish, Kendrick Lamar cyangwa Olivia Dean begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye. Muri ibi bihembo bitanzwe ku nshuro ya 68, Kendrick Lamar yakoze amateka ubwo yahabwaga igihembo cya album nziza ya Rap kubera iyo yise GNX, aha yahise aca kuri Jay-Z…

Read More

Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi batanze ibyishimo muri Nyagatare – AMAFOTO

Ubutwari Tour Concerts 2026 yari yakomereje mu karere ka Nyagatare muri iki cyumweru dusoje, aho abahanzi barimo Mariya Yohana, Muyango n’umukirigita ntanga Nzayisenga Sophie batanze ibyishimo ku baturage bo muri ako karere. Ibi bitaramo bizenguruka intara zose z’u Rwanda byateguwe na Karisimbi Events ku bufatanye na Transparency International Rwanda, RDF na Banki ya Kigali. Mu…

Read More

Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi bataramiye i Nyanza bigisha ku butwari – Amafoto

Abahanzi Nyarwanda bamenyerewe mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu barimo Mariya Yohana, Muyango, Sophie Nzayisenga n’abandi bataramiye abaturage bo mu karere ka Nyanza mu gitaramo cya mbere cya Ubutwari 2026. Ubutwari Tour Concert 2026 ni ibitaramo bizenguruka u Rwanda bifite insanganyamatsiko ivuga ku ‘Ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda nk’inkingi z’iterambere.’ Mu gutangira ibi bitaramo icya mbere cyaherereye mu ntara…

Read More

Dj Toxxyk yasabye igihe asanga ari gushinjwa ibyaha bine harimo n’ubwicanyi

Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha ibyaha bine birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge. Akurikiranyweho kandi icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka no kwanga gusuzumishwa icyuma gipima alcohol. Ibyaha akurikiranyweho byamenyekanye kuri uyu wa 7 Mutarama 2026 ubwo yitabaga Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ngo aburane ku…

Read More

Nari Agahungu – Kalimpinya yagarutse ku wamushutse ngo ajye muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen wamenyekanye ubwo yitabiraga Miss Rwanda mu 2017 ndetse akaba igisonga cya gatatu, yagaragaje ko ajya muri iri rushanwa umuntu wamugiriye iyo nama yamukoreye ariko na none avuga ku rundi ruhande ko yamushutse. Yabigarutseho mu materaniro yateguwe na Apôtre Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, mu cyo yari yise “Girls Impact Ministry – Pink…

Read More