Move Africa izana ibikomerezwa igiye kongera kubera mu Rwanda
Igitaramo cya Move Africa kiri mu bikomeye kigiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byemejwe na Global Citizen isanzwe igitegura. Umwaka ushize iki gitaramo cyaririmbyemo umuhanzi John Legend gusa kuri ubu ntabwo haratangazwa abahanzi bazifashishwa muri 2026.Uyu muryango, umaze kumenyekana mu bikorwa byo guteza imbere impinduka binyuze mu bukangurambaga n’imyidagaduro, uvuga ko intego ya Move Afrika…

