Nyuma y’imyaka umunani Arsenal na Visit Rwanda bagiye guhagarika imikoranire

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambera mu Rwanda, RDB, rwatangaje ko Arsenal FC na Visit Rwanda bazahagarika gukorana muri Kamena 2026 nyuma y’imyaka Umunani. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Ugushyingo 2025, aho byemejwe ko Arsenal FC hamwe na RDB bemeranyije guhagarika ubufatanye ubwo iyi Saison izaba irangiye. Visit Rwanda yari umufatanyabikorwa ukomeye wa Arsenal…

Read More

Vestine yateje urujijo mu bakunzi be

Umuramyi Ishimwe Vestine yateye benshi kwibaza byinshi nyuma y’ubutumwa yashyize kuri Instagram ye agaragaza ko abayeho mu buzima atishimiye kandi atahisemo ndetse agaragaza kwicuza gukomeye. Ati “Uyu munsi ubuzima mbayemo ntabwo ari bwo nahisemo. Mbayeho nabi, kandi ibi ntabwo ari byo nkwiye. “Ndabizi nafashe icyemezo kibi mu buzima bwange, ariko ntacyo bitwaye. Imana yemera ko…

Read More

Abahanzi bo muri Uganda bahamya ko amarozi abugarije

Umuhanzikazi wo muri Uganda, yikomye abahanzi bo mu kiragano cyo hambere muri Uganda abashinja gukoresha amarozi kugira ngo bitambike abari kuzamuka. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyakuru, Frank Ntambi ukorera kuri YouTube. Azawi yavuze ko abahanzi bakuru batifuriza iterambere abahanzi bato, ariyo mpamvu bakora ibishoboka byose ngo babafungire amayira, aho byamaze kurenga kuba ihangana mu…

Read More

Teta Sandra yahishuye impamvu atajya atandukana burundu na Weasel

‎Teta Sandra yatangaje ko nubwo rimwe na rimwe ajya agirana ibibazo n’umugabo we Weasel Manizo, ariko urukundo no kumvikana nibyo bituma babasha kubitambukamo bakaba bakiri kumwe. ‎Ibi yabitangaje mu ijoro ryakeye ubwo bari mu birori yizihizagamo isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko aherutse kuzuza. ‎Yokomeje avuga ko kugeza ubu nta gahunda afite yo kubyarana abandi bana na…

Read More

FIFA yafatiye ibihano ikipe ya Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryafatiye ibihano amakipe 14 arimo Rayon Sports kubera abari abakozi ba yo bayareze bayashinja kudashyira mu bikorwa amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Ugushyingo 2025, ni bwo hamenyekanye amakipe 14 yafatiwe ibihano na FIFA kubera amakosa aya makipe yakoze yo kwirukana abari abakozi…

Read More

Annette wa Gafaranga yasohoye indirimbo ashima Imana ko yongeye ku mwubakira.

Umuhanzikazi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Annette Murava yasohoye indirimbo ashima Imana yamucishije mu bihe bigoye byatambutse yaramazemo igihe. Annette Murava washakanye n’Umugabo we Bishop Gafaranga wamenyekanye mu Rwanda biciye ku Mbugankoranyambaga zitandukanye barashima Imana babinyujije mu ndirimbo “Ndinde”. Umugabo Zachary Habiyaremye Wamamaye ku izina rya Bishop Gafaranga kubera ibikorwa cg imirimo yakoze abinyujije ku Mbugankoranyambaga…

Read More