Kevin Hart yatatse u Rwanda binyuze mu mukino yashyize kuri Netflix

Umunyarwenya ukomeye ku isi Kevin Hart yatatse u Rwanda mu bijyanye n’isuku hamwe n’umutekano mu mukino yise ‘Acting my age’ yashyize ku rubuga rwa Netflix. Muri uyu mukino wasohotse ku wa 24 Ugushyingo 2025, Kevin Hart yafashemo iminota 13 yo kuvuga ibyiza by’u Rwanda, ahamya ko yatunguwe n’uko yarusanze agereranyije n’uko Abanyamerika basuzugura Afurika. Abinyujije…

Read More

Undi muntu yatawe muri yombi!! Abasakaje amashusho ya Yampano bashobora gukatirwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi undi musore ukekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano arikumwe n’umukunzi we Uwineza Diane. Uretse ibyo kandi batangaje ko dosiye yabo yagejejwe mu Bushinjacyaha. Ibi bikaba ari mu rwego rwo gukomeza iperereza no gukurikirana ababigizemo uruhare bose. Kugeza ubu abakurikiranyweho gusakaza ayo mashusho ni Kalisa John uzwi…

Read More

Ibyo Prophète Joshua yakoreye Platini na Nel Ngabo byatunguye benshi

Uwiyita umukozi w’Imana, Prophète Joshua yavuze ko atagihaye Platini na Nel Ngabo miliyoni 5 Frw yabemereye ubwo yaguraga album yabo ‘Vibranium’. Aya mafaranga Prophète Joshua yayemereye mu gitaramo cyabereye muri ‘Zaria Court’ ku wa 29 Kanama 2025 ubwo yari yitabiriye ubutumire bwa Platini wari wamutumiye kumva kuri album ye na Nel Ngabo ‘Vibranium’. Imbere y’abitabiriye…

Read More

The Ben ategerejwe mu gitaramo i Dubai

Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, aritegura kwitabira igitaramo kizabera i Dubai mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Abarabu. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba taliki ya 6 Ukuboza 2025, kibere ahitwa Grand continental hotel Deira mu kabyiniro kitwa Venom. Muri iki gitaramo The Ben azafatanya na Dj Flix nawe uzaba aturutse mu…

Read More

Bwa mbere ‘myugariro’ yabaye umukinnyi w’umwaka muri Afurika

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ya Maroc na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Achraf Hakimi, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza w’Umunyafurika mu mwaka wa 2025. Ni mu bihembo byatanzwe n’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika, CAF. Uyu muhango wo guhemba abakinnyi bitwaye neza ku Mugabane wa Afurika wabaye mu ijoro ryo ku Gatatu, tariki 19 Ugushyingo 2025, muri Maroc….

Read More

Uko indirimbo y’abana yakunzwe cyane kw’isi yacuruje miliyoni 400$

Muri Kamena 2016, ubwo Kim Min-seok yemeraga ko hashyirwa hanze amashusho y’indirimbo y’abana y’amasegonda 90, ntiyari azi igikorwa gikomeye atangije ariko kandi ntiyari anazi ikizavamo. Iyo ndirimbo yitwa “Baby Shark” imaze kuba ikimenyabose kw’isi hose, imaze kurebwa inshuro zirenga miliyari 16 kuri YouTube, ni yo video imaze kurebwa cyane kurusha izindi zose kugeza ubu. Ni…

Read More

Aline Gahongayire yageneye ubutumwa Vestine uri mu bihe bikomeye

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yageneye ubutumwa mugenzi we Ishimwe Vestine amukomeza, nyuma yuko hagiye hanze ubutumwa bivugwa ko ari ubwe agaragaza ko urugo rwe rudahagaze neza. Amakuru y’ibibazo bivugwa mu rugo rw’umuririmbyi Vestine, yasakaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ugushyingo 2025 nyuma yuko ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Instagram…

Read More