Run Up na Muyoboke ku muhanzi mwiza|Udushya twaranze Diva Awards 2025

Run Up na Muyoboke baruciye bararumira ku muhanzi mwiza wa 2025| Bacanye umucyo muri Diva Awards Abahanzi begukanye ibihembo muri Diva Awards 2025 Umuhanzi w’umwaka (Umugabo): Kevin KadeUmuhanzi w’umwaka (umugore): Alyn SanoIndirimbo y’umwaka: Tsunami by Run UpCollabo y’umwaka: Sikosa by Kevin Kade ft The Ben, ElementHip Hop artist: Bull DogRnB & POP Artist: Kivumbi KingNew…

Read More

Bukayo Saka yambitse umukunzi we impeta y’agatangaza

Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo mu Mujyi wa London mu Bwongereza. Uyu rutahizamu wa Arsenal, Bukayo Saka, yasabye Tolami Benson kuzamushyingirwa akamubera umugore nyuma y’imyaka itanu bakundana. Ibi birori byaraye bibereye muri hoteli ikomeye yo mu Mujyi wa London mu…

Read More

Urubanza rw’abaregwa mu gusakaza amashusho ya Yampano rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’isakara ry’amashusho y’umuhanzi Yampano. Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki 27 Ugushyingo 2025 ubwo aba bagezwaga imbere yarwo ngo baburane ku ifungwa ry’agateganyo. Muri uru rubanza rwanitabiriwe n’uwatanze ikirego…

Read More

Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal

Perezida Paul Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal nyuma yo gutsinda Bayern Munich yo mu Budage ibitego 3-1, mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions. Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rubuga rwa X, yagize ati “Arsenal yaduteye ishema twese. Turabashimiye.” Arsenal yatsinze Bayern Munich ibifashijwemo na Jurrien Timber watsinze igitego cya mbere ku…

Read More

Umunya-Côte d’Ivoire wabaye igisonga muri Miss Universe 2025 yiyambuye ikamba

Umunya Côte d’Ivoire wegukanye ikamba rya Miss Universe Africa & Oceania mu irushanwa rya Miss Universe riherutse kurangira yatangaje ko yiyambuye uwo mwanya kandi yitandukanyije n’iri rushanwa no mu gihe kizaza. Mu irushanwa muri rusange, Yacé yabaye uwa kane(4), ni we munyafurika waje ku mwanya wo hafi. Olivia Yacé yanditse ubutumwa kuri Instagram ati: “…Ndi hano ngo…

Read More

Hamaze gufatwa 5 bakekwaho gusakaza amashusho ya Yampano.

Kuri uyu wa mbere ku gicamunsi nibwo hamenyekanye inkuru y’ifatwa rya bamwe mu bahungu babiri (2) biyongera ku bandi bakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampanto. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje itabwa muri yombi ry’umusore Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka (Djihad) na mugenzi we Kwizera Nestor uzwi ku izina rya (Pappy Nesta). Aba basore babiri…

Read More

Papa Cyangwe ari gushinja Kigali Universe ubwambuzi no ku mufunga

Umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko we n’abantu be bari gutegura uburyo bajya gutanga ikirego barega abafite mu nshingano Kigali Universe, ku bwo kuba baramufungiranye ubwo igitaramo aherutse gukoreramo cyari kirangiye. Papa Cyangwe aganira na Radio Isibo yabatangarije ko bamufungiranye muri iyi nyubako kuva saa 02:00 kugera saa 06:00 za mu gitondo. Cyangwe yavuze ko uwitwa…

Read More