Ntibisanzwe: Ikipe yatsinze indi ibitego 16 mu gikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru
Ikipe ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17, yatsinze iya New Caledonia ibitego16-0, ica agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe muri iki cyiciro. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo amakipe yombi yahuraga aho ari mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17, kirimo kubera i Doha muri Qatar. Ikipe ya New Caledonia yahuye n’uruva…

