Abakinnyi bo mu Rwanda bakabije inzozi zo kugera mu matsinda

Abakinnyi babiri b’abanyarwanda, Mugisha Bonheur Casemiro na Buregeya Prince bakabije inzozi bahoraga barota zo kugera mu matsinda y’imikino Nyafurika. Buregeya Prince wakuriye mu ishuri ryigisha umupira rya APR FC akaza kuzamurwa mu ikipe nkuru 2017 baje gutandukana 2024 agiye muri AS Kigali yakinnyemo umwaka umwe ahita yerekeza muri Kenya muri Nairobi United yaje kubona itike…

Read More

Uburanga bw’umukobwa wabaye Miss w’Afurika y’epfo 2025

Umukobwa witwa Qhawekazi Mazaleni w’imyaka 24 y’amavuko yegukanye ikamba rya Nyampinga w’Afurika y’Epfo 2025 mu birori byabereye i Pretoria ahembwa ibirimo n’inzu. Uyu mukobwa yaraye hegukanye iri kamba mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2025. Mazaleni, akomoka mu Ntara ya Eastern Cape, ni umuhanga mu gucengeza imvugo, kandi ari no gukorera impamyabumenyi y’icyiciro…

Read More

Ibyishimo ni byose kwa Rufonsina nyuma yo kwibaruka

Uwimpundu Sandrine wamenyekanye ku izina rya Rufonsina muri filime umuturanyi yibarutse umwana w’umukobwa nkuko yabitangaje yerekana ko ari mu byishimo. Rufonsina yabyariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), ku wa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2025. Yibarutse umwana w’umukobwa. Uyu mugore mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, yashimiye Imana. Ati “Wakoze Nyagasani.” Rufonsina…

Read More

Ibyo wamenya kuri filime ‘Iyo mbimenya’ ikubiyemo amasomo areba urubyiruko

Filime y’uruhererekane yitwa ‘Iyo mbimenya’ yakozwe n’umukobwa witwa Umutoni Alice Wanny, yatangaje ko yayikoze ishingiye ku buzima bwo mu miryango aho usanga habamo ubuzima bugoye bubatandukanya ugasanga bamwe ku byakira birabagoye. Uyu mukobwa uzwi ku izina rya Wanny mu muziki avuga ko ubu yinjiye no mu bintu byo gukora amafilime kuko yakuze nabyo abikunda. Iyi…

Read More

Senderi yasubukuriye ibitaramo i Nyagatare ahakorera amateka – Amafoto

Umuhanzi Eric Senderi wari wasubitse ibitaramo yakoraga bizenguruka igihugu ari kwizihiza imyaka 20 ishize ari mu muziki, yongeye kubisubukura ahera mu karere ka Nyagatare aho yaje gutungurwa n’umubare w’abantu benshi baje gutaramana nawe. Iki gitaramo cya Senderi Hit yaraye agikoreye mu karere ka Nyagatare mu gace kazwi nka Rukomo. Uretse abayobozi bo muri ako karere…

Read More

Dj Bissosso yasobanuye icyatumye ava kuri RBA

Hassan Sakubu wamamaye nka Dj Bissosso yavuze ko impamvu atakigaragara kuri Televiziyo Rwanda ari uko yirukanywe. Dj Bissosso akaba umuhanga mu byo kuvangavanga imiziki, yari amaze igihe akora mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA). Uyu Mu-Dj wakunzwe cyane mu kiganiro ‘Friday Flight’ yakoranaga na Anita Pendo cyatambukaga kuri Televiziyo Rwanda , yavuze ko yirukanywe. Mu kiganiro…

Read More
Bill gates mambo1

Abantu mu Buhinde bacitse ururondogoro kubera umuherwe Bill Gates

Abantu mu Buhinde bacitse ururondogoro nyuma yo kubona Bill Gates, umwe mu bagabo bakize ku Isi, ari mu kiganiro cy’urwenya gitambuka kuri Televiziyo cyitwa Kyunki Saas Bhi Kabhi Bahu Thi, bishatse kuvuga ngo “Na nyirabukwe w’umuntu yigeze kuba umukazana”. Iki kiganiro Gates agaragaramo ari kuganira n’umukinnyi akaba n’uwigeze kuba minisitiri, Smriti Irani, bavuga ku buzima…

Read More

Ibyishimo ni byose kuri Gafaranga n’umugore we basohokanye nyuma yo kuva Gereza

Umugore wa Bishop Gafaranga, Annette Murava wari warafungishije umugabo we nyuma akaza gufungurwa yerekanye amafoto yamusohokanye ibyishimo ari byose. Uyu mugore yabigaragaje mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, buherekejwe n’ifoto bari mu bwato we na Gafaranga. Yanditse ati “Imana iri muri iyi nkuru! Urakaza neza rukundo rwanjye Bishop Gafaranga!” Ku wa 10 Ukwakira…

Read More