Sadate yasabye imbabazi bitewe n’ibyo aherutse gutangaza bigateza impaka

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi gaciciritse Abarundi n’Abanyekongo, asaba imbabazi abagizweho ingaruka n’ubutumwa bwe. Ni nyuma yuko uyu mushoramari ukunze kwisanzura mu gutanga ibitekerezo atangaje ko Abanyarwanda bagomba gukora cyane ku buryo mu bihe biri imbere bashobora kuzaha akazi abaturanyi…

Read More

Bien-Aimé yavuze ibyiza byo kuba afashwa n’umugore we mu muziki – Atanga inama kuri bamwe

Bien-Aimé Baraza wamenyekanye mu itsinda rya Sauti Sol uri kubarizwa mu Rwanda kuri ubu, yagarutse ku mubano n’umugore we ‘Chiki Kuruka’ avuga ko ari abantu babiri batandukanye bitewe naho bari, agira n’inama bamwe mu bahanzi batajya baha amahirwe abakunzi babo. Uyu muhanzi ibi yabigarutseho mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru ubwo bavugaga ku gitaramo cya ‘Friends of…

Read More

Muri APR FC byahinduye isura!! Abakinnyi bafatirwa imyanzuro ikakaye

Ikipe ya APR FC yagaragaye isa nkaho ari nshya nyuma y’igihe imyitwarire y’abakinnyi itavugwaho rumwe. hasohotse amafoto y’abakinnyi ba APR FC bari bafite umusatsi ndetse bamwe bafite ‘Dreadlocks’ biyogoshesheje basigaho umusatsi mucye. Mu bakinnyi batunguranye cyane harimo Niyigena Clement, Memel Raouf Dao ndetse na William Mel Togui. Aba n’abandi bakinnyi bari bamaze igihe bafite imisatsi…

Read More

Raila Odinga yitabye Imana ku myaka 80

Raila Odinga, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, yapfuye afite imyaka 80 aguye mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza. Bivugwa ko yazize uguhagarara k’umutima ubwo yari ari kugenda mu masaha y’igitondo muri icyo kigo. Odinga yapfiriye mu bitaro by’amaso byitwa Ayurvedic eye hospital-cum-research centre biherereye ahitwa Koothattukulam mu karere ka Ernakulam. Urupfu rwe rwabaye mu masaha…

Read More

Akon yabigenje ate kugirango basange afite ibihumbi 10$ gusa ari gusabwa miliyoni 100$ muri gatanya

Nyuma y’imyaka 29 babana, umugore w’umuhanzi w’icyamamare ku Isi mu njyana ya R&B akaba n’umucuruzi Akon, Tomeka Thiam yasabye gatanya , asaba miliyoni 100 z’amayero, mu gihe urukiko rwagaragaje ko uyu muhanzi afite ibihumbi 10 gusa by’amadolari kuri konti ye. Akon amaze igihe mu bijyanye n’amategeko n’imari nyuma y’uko umugore we, Tomeka Thiam, atanze ikirego…

Read More

Abagabo basambanyijwe na Michael Jackson bari kwaka impozamarira

Abagabo babiri, Wade Robson na James Safechuck bashinja Michael Jackson kubasambanya ku gahato ubwo bari bakiri bato, bari gusaba impozamarira ya miliyoni 400$. Nk’uko byatangajwe na People, aba bagabo bombi bagejeje impapuro z’ubusabe bwabo mu rukiko rwa Los Angeles muri Leta ya California, aho bavuze ko bagiye guhatana n’umuryango wa Michael Jackson mu rubanza ruzatangira…

Read More