Ibiteye amatsiko kuri Filime ‘What a day’ izagaragaramo Papa Sava mu yindi sura

Niyitegeka Gratien uzwi ku mazina atandukanye nka ‘Papa Sava’, ‘Seburikoko’ muri filime Nyarwanda agiye kugaragara mu isura itandukanye n’izo abantu basanzwe bamuziho muri filime nshya yitwa ‘What a day’ izajya itambuka kuri Zacu TV. Abakunzi ba Papa Sava basanzwe bamumenyereye kenshi muri filime z’urwenya gusa kuri iyi nshuro azagaragara akina muri iyi filime itandukanye nizo…

Read More

Umuraperi Papa Cyangwe yagabanyije amarere yiga gukorera Imana

Umuhanzi w’umuraperi Abijuru King Lewis uzwi ku izina rya Papa Cyangwe yatangaje ko yagabanyije amarere yari afite kubera gukundwa ahubwo yiga kwegera Imana. Papa cyangwe uherutse gushyira hanze Album ye nshya yise “Now or Never” yavuze ko uko umuntu agenda akura agenda abona byinshi harimo bimwe binamurenze bigatuma anatangira kujya uvuga amagambo macye amarere akayagabanya….

Read More

Donald Trump yavuze ku byo guha imbabazi P Diddy

Perezida Donald Trump wahoze ari inshuti y’akadasohoka ya P Diddy yabajijwe n’abanyamakuru ku byo kumubabarira asobanura ko azabitekerezaho. Nyuma y’uko P Diddy akatiwe amezi 50 n’ihazabu ya $500.000 azira gutwara abakobwa mu bucuruzi bw’abantu bugamije ubusambanyi no gucuruza ibiyobyabwenge, umwe mu bahafi ba P Diddy yerekeje muri White House avugana n’umwe mu bakozi baganira bya…

Read More

Ibiteye amatsiko kuri Stade ya Arsenal igiye kuvugururwa

Ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yatangiye gutekereza uko yakwagura stade yayo ‘Emirates Stadium’ ikongererwa umubare w’abafana yakira bakarenga ibihumbi 60. Amakuru avuga ko ibi biganiro biri mu ntangiriro, ndetse mu gihe umwanzuro wafatwa yazajya yakirira imikino yayo kuri Stade y’Igihugu ‘Wembley’ mu gihe ibikorwa byo kuvugurura bizaba biri gukorwa. Ntabwo ari ubwa mbere…

Read More

Gutora birarimbanyije!! Uko waha amahirwe abarimo The Ben, Bruce Melodie … muri Diva Awards 2025

Abahanzi Nyarwanda barimo The Ben, Bruce Melodie, Kevin Kade, Element n’abandi bahataniye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu Rwanda muri Diva Awards 2025 igiye kuba ku nshuro ya gatatu mu Rwanda. Diva Awards igiye kuba ku nshuro ya gatatu, izabanje hari higanjemo ibyiciro byo mu bijyanye n’ubwiza gusa ariko muri uyu mwaka hakaba hariyongereyemo ibindi byiciro byo…

Read More

Amavubi yahamagaye abakinnyi habonekamo isura nshya yo kwitega

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Adel Amrouche yahamagaye abakinnyi bagiye kwitegura imikino ibiri ya Benin na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026. Ni urutonde rw’agateganyo rwashyizwe hanze kuri uyu mugoroba aho rwiganjemo abakinnyi bakinnye imikino ibiri iheruka ya Nigeria na Zimbabwe mu gihe harimo umukinnyi umwe mushya ariwe Joy-Lance Mickels ukinira Sabah…

Read More

Yujuje imyaka 35! Ibiteye amatsiko ku rugendo rwa Butera Knowless

Jeanne d’Arc Ingabire niyo mazina asanzwe y’umuhanzi uzwi ku izina rya Knowless. Ni mwene Jean Marie Vianney Butera na Marie Claire Uyambaje. Yavukiye mu Karere ka Ruhango hahoze hitwa Gitarama, kuwa 1 Ukwakira 1990, akavuka ari ikinege. Knowless mu muziki yakunzwe mu ndirimbo nyinshi cyane gusa izamuzamuye cyane harimo nka ’Nkoraho’, ’Ibidashoboka’, ’Ca va’, ’Rejoice’,…

Read More

Vestine na Dorcas bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada

Abahanzi Vestine na Dorcas bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada cyari cyimaze imyaka igera kuri ibiri cyarasubitswe. Iri tsinda ry’abavandimwe ryamaze kwemeza ko rizakora icyo gitaramo cyizabera mu mujyi wa Vancouver. Iki gitaramo kizaba taliki ya 18 Ukwakira 2025, gusa amakuru ahari ni uko bazajya no mu…

Read More