Ibiteye amatsiko ku kiyaga gihangano kiri kubakwa mu Rwanda

Mu Rwanda hagiye kuvuka ikiyaga gishya kiri guhangwa hagati y’Intara y’Amajyaruguru, iy’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba, kizuzura gitwaye miliyari 320 Frw cyitezweho kuzanira amahirwe Abaturarwanda. Shira amatsiko kuri byinshi wakwibaza kuri iki Kiyaga. Iki kiyaga kizaba gifite uburebure bwa kilometero 67, kiri hafi kuzura. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu yabigarutseho, abinyujije ku…

Read More

Miss Aurore, Kalimpinya na Ish Kevin bagiye guhurira mu irushanwa rimwe

Kalimpinya Queen, umuraperi Ish Kevin na Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012 abazitabira isiganwa ry’imodoka rya “Nyirangarama Rally” rigiye gukinwa ku nshuro ya kane, aho rizabera mu mihanda yo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu, tariki ya 6 Nzeri 2025. Imodoka 10 ziganjemo iz’Abanyarwanda nizo zitezwe muri iri siganwa…

Read More

Bishe umugore bamutwitse kubera ‘gutuka Muhammad’

Umugore yiciwe mu majyaruguru ya Nigeria, amakuru avuga ko ari nyuma yuko avuze amagambo yafashwe ko atuka intumwa y’Imana Muhammad. Iyicwa rye ryongeye kubyutsa umujinya mwinshi ku kwihanira muri icyo gihugu bikozwe n’udutsiko tw’abantu. Polisi ya Nigeria yavuze ko uwo mugore, watangajwe ko yari umucuruzi w’ibiribwa witwa Amaye, ku mugoroba wo ku wa gatandatu yatewe…

Read More

Amafoto utabonye yaranze ibirori bya Kathia wo muri ’Mackenzies’

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze. Ni ibirori byabaye tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be. Mu bitabiriye ibyo birori harimo abakobwa babana muri Mackenzies n’izindi nshuti ze harimo na Jeanine Noach wigeze kubaho umukunzi w’umuhanzi…

Read More