Umuraperi Diplomate ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi
Diplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo ku wa 3 Nzeri 2025. Yagize ati “Ruhukira mu mahoro mama, Urukundo, umurava n’ubugwaneza byawe bizahora muri njye. Warwanye kugeza ku mwuka wawe wa nyuma, ntwari yanjye uri byose.” Umubyeyi wa Diplomate yitwaga Kantengwa Aziz…

