Igihombo gikomeye n’ingaruka mbi kuri Ariel Wayz nyuma gufungwa

Ifungwa ry’umuhanzikazi Ariel Wayz rishobora kumuteza igihombo gikomeye cyane biturutse ku gupfa kwa kazi yari afite mu muziki nyuma yaho agiriye amasezerano n’ikigo gikomeye cya Universal Music East Africa bigatuma urugendo yarafite rusubikwa. Impamvu y’iki gihombo ni uko Ariel Wayz ajya gufatwa ngo afungwe iki kigo gikomeye mu muziki cyari cyaramaze kugurira itike y’indege uyu…

Read More

Ikipe y’igihugu ya Volleyball U20 yageze mu Misiri amahoro.

Ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 yageze mu Misiri Amahoro ahazabera igikombe cy’ Afurika. Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nzeri nibwo ikipe y’igihugu y’ingimbi mu mukino wa volleyball yageze mu gihugu cya misiri ahazabera igikombe cy’ Afurika. Mu rugende rurerure uvuye i Kigali, ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20, yageze…

Read More

Icyateye ifungwa rya Ariel Wayz na Babo

Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga yemeje ko abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz bafunze. ACP Rutikanga yemeje ko aba bahanzi batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko bafashwe, bapimwe n’urwego rubishinzwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge, bombi bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera, hamwe n’abandi batanu amazina yabo atatangajwe….

Read More

Nyamirambo: Ubuzima bw’Umugore watemaguwe buri mu Kangaratete.

Kuwa 10 Nzeri 2025 mu masaha ya Nijoro mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyamirambo mu Kagari ka Rwampala abagizi banabi batemaguye abantu maze bariruka. Abagabo batatu (3) batari bamenyekana baraye bagaragaye mu mashusho ya kwirakwijwe ku Mbugankoranyambaga batemagura umugore waruvuye mu kazi atashye, bagamije kumugirira nabi, kumwiba no kumwambura ibyo yarafite byose. Ntibyagarukiye…

Read More

Niyo Bosco yatunguranye agaragaza umukunzi we bwa mbere

Mu magambo meza y’urukundo umuhanzi Niyo Bosco yerekanye umukobwa yihebeye amutera imitoma amwifuriza isabukuru nziza, amwibutsa ko yavukiye kugira ngo umutima we umukunde bizira uburyarya. Aya magambo y’urukundo yanditswe n’uyu muhanzi ayanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko. Yagize ati “Kuri uyu munsi, ibyiyumviro by’urukundo byasesekaye mu Isi. Isabukuru nziza. Wavukiye gutuma umutima wanjye…

Read More

Ibivugwa mu ikipe y’u Rwanda Amavubi mbere yo guhura na Zimbabwe

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoreye imyitozo kuri Orlando Stadium muri Afurika y’Epfo aho yakirirwa na Zimbabwe kuri uyu wa Kabiri mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, kapiteni n’abatoza bizeza Abanyarwanda intsinzi bakumbuye. Amavubi yageze i Johannesburg mu gitondo cyo kuwa mbere, acumbitse kuri hoteli ya RED Radisson. Nyuma yo kuva kuri Hotel bagiye…

Read More

Afunzwe azira gushaka Views na Followers

Ku wa Mbere i taliki 8 nzeri 2025 mu karere ka Musanze Urwego rw’ubugenzecyaha RIB rwataye muri yombi umusore wasakaje amashusho kuri Ticktock yambaye imyenda ya RIB atari umukozi wayo. Ndagijimana Stratton afungiye ku Station ya RIB iri kuri Gereza ya Muhoze yo mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyarugu azira kwifotozanya imyambaro iriho ibirangantego…

Read More