Uko Team Rwanda izaseruka mu byiciro 13 bya Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali
Ku nshuro ya mbere mu mateka yayo, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Amagare (Team Rwanda) igiye kugaragara mu byiciro byose byemewe, ikoresheje abakinnyi 23 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025, iteganyijwe kubera i Kigali kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. Iyi Shampiyona y’Isi, izaba ku nshuro ya 98, izaba ifite umwihariko…

