RDF yashyize umucyo ku banyamakuru bafunzwe

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF) bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bukurikiranye mu butabera, aba ofisiye babiri hamwe n’abasivile 20 bakurikiranweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe. Iri tangazo rivuga ko aba bose ibyaha bacyekwako aribyo ubufatanyacyaha mu kwakira no gutanga inyandiko utemerewe no gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe, byose bijyanye n’uburyo…

Read More

Umunyarwanda yaguzwe n’ikipe yo mu Misiri arenga miliyoni 630 Frw

Mugisha Bonheur wakinaga muri Stade Tunisien yo muri Tunisie, yamaze gukora ikizami cy’ubuzima muri Al-Masry yo mu Misiri aho bivugwa ko yatanzweho agera ku bihumbi 450$ arenga miliyoni 684 mu mafaranga y’u Rwanda.. Muri Nzeri 2024, ni bwo uyu mukinnyi w’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Mugisha Bonheur bakunda kwita ‘Casemiro’, yasinye amasezerano muri Stade Tunisien nyuma yo…

Read More

Aliou Diarra na Jean-Jacques Boissy bakinaga mu Rwanda berekeje muri NBA G League

Aliou Diarra, Umunya-Mali wakiniraga ikipe ya APR Basketball Club yo mu Rwanda,yatoranyijwe ku mwanya wa mbere n’ikipe ya Texas Legends ngo azayikinire muri shampiyona ya Basketball izwi nka NBA G League muri Amerika. Ku mwanya wa gatanu muri uko gutoranya abakinnyi, ikipe ya Memphis Hustle yatoranyije Umunya-Senegal Jean Jacques Boissy wari uherutse gutangira gukinira ikipe…

Read More

Jay Jay Okocha wakiniye PSG ari mu Rwanda

Abakinnyi bakanyujije ho mu ikipe yo mu Bufaransa Paris Saint Germain, Jay Jay Okocha na Didier Arsène Marcel Domi baraye baje mu Rwanda mu gikorwa cya Visit Rwanda. Okocha yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali saa Tatu n’iminota 20 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, yambaye imyambaro y’Ikipe ya PSG, ahasanga Domi wari wahagaze…

Read More

APR FC na Rayon Sports bazamuriwe inkunga y’amafaranga igenwa na CAF

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika [CAF], yazamuye inkunga y’amafaranga yageneraga amakipe yitabira amarushanwa ya yo. Ubusanzwe amakipe yitabira amarushanwa ya CAF Champions League na CAF Confederation Cup, yagenerwaga ibihumbi 50$ buri imwe (asaga miliyoni 70 Frw). Kuri iyi nshuro, buri kipe izajya ihabwa ibihumbi 100,000$ (arenga gato miliyoni 140 Frw). Ibi byose biri mu rwego…

Read More

Diogo Jota wa Liverpool yitabye Imana

Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Portugal Diogo Jota yapfiriye mu mpanuka y’imodoka mu gace ka Zamora mu majyaruguru ya Espagne nk’uko Guardia Civil – urwego rushinzwe umutekano muri icyo gihugu rwabibwiye BBC News. Umuvandimwe we, Andre Filipe, na we yapfiriye muri iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa gatatu. Imodoka ya Lamborghini…

Read More

Ikipe ya AS Monaco igiye kwamamaza DR Congo nk’umutima wa Afurika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagiranye amasezerano n’ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bufaransa ya AS Monaco ameze nk’aya Visit Rwanda. Ibi byatangajwe n’ikipe ya AS Monaco hamwe na Minisitiri wa siporo n’imyidagaduro muri Congo Didier Budimbu. ‎ Aganira n’itangazamakuru yagize ati “Ntabwo ari amasezerano gusa, ni icyerekezo cy’ejo hazaza hacu, hubakiye kubumwe…

Read More