Ibyo wamenya kuri Eid al-Adha, ni iki kandi iba ryari?

Miliyoni z’abayisilamu ku Isi no mu Rwanda barizihiza umunsi mukuru wa Eid al-Adha. Idi, Irayidi cyangwa Eid, ni umwe mu minsi ikomeye ku ngengabihe ya Islam. Irayidi ni iki? Irayidi iba ku mpera y’igisibo gitagatifu cya Ramadan – ukwezi ko gusenga no kwiyiriza. Izina “Eid al-Fitr” risobanuye “uguhimbaza guhagarika kwiyiriza”. Nko ku itangiriro rya Ramadan,…

Read More
Trump

Abaturage bo muri Congo i Burundi n’ahandi ubu kujya muri Amerika ni inzozi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko byatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, White House. Muri iri tegeko, hagaragaramo ibihugu 12 byakumiriwe ndetse n’ibindi byagabanyirijwe ku rugero ingendo z’abashaka kwinjira muri Amerika. Ibi bihugu 12…

Read More

Rwamagana: Icyoba ni cyose mu baturage kubera gitifu ubahoza ku nkoni

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Kibaza bavuga ko hari serivisi zirimo nkaGirinka no guhabwa Imbabura bimwa, bakazihabwa ari uko babanje gutanga rusway’amafaranga ku buyobozi bw’umudugudu. Aba baturage nkuko babitangarije televiziyo ya BTN dukesha iyi nkuru,ibi ngo byiyongerahoandi mafaranga y’irondo bakwa n’abayobozi mu mudugudu kandi ntibayahererweinyemezabwishyu ndetse n’iryo rondo ridakora. Aya makuru abaturage bamaze…

Read More

Rwamagana: Abaturage bahahamuwe n’inkoni za Gitifu wigize ikigenge kuberagukingirwa ikibaba na Meya

Abaturage bo mu Kagari ka Bicaca,mu murenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamaganabaratabaza kukera ihohoterwa bakorerwa n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka kagaliNdizeye Yozefu kuko abahoza ku nkoni ariko abamukuriye ntibagire icyo bamukorahon’ubwo yakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu munyamabanga nshingwabikorwa, Yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nzige ahoyaburanaga urubanza 00363/2020/TB/NZG ku wa 24/2/2021 yahamijwe n’urukiko…

Read More

Bari kurira ayo kwarika nyuma yo kutabona ibyo bemerewe

Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe, AKagari ka Rega, Umudugudu wa Kinama, Akarereka Nyabihu bavuze ko bamaze imyaka irenga ibiri batarahabwa ingurane y’imitungoy’ahazakorwa umuhanda ariko kugeza ubuhakaba nta kirakorwa kuko amaso yaheze mumkirere. Muri 2017 mu kwezi kwa 9 nibwo perezida wa Repubulika, Paul Kagame yemereyeumuhanda aba baturage,ukaba waragombaga guca mu murenge wa Bigogwe arikougakomereza…

Read More

Bategereje ingurane nk’abategereje kujya mu ijuru

Mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyanza, bamwe mu baturage baratakambira letabasaba gusubizwa cyangwa guhabwa ingurane y’ubutaka bakuwemo mu myaka 10 ishizeUbwo babwirwaga ko buzagirwa pariki y’inyamaswa, ariko amaso agahera mu kirere kuburyobifuza ko babusubizwa ngo babubyaze umusaruro bityo biteze imbere . Aba baturage basaga 300 bo mu kagali ka Rwotso bavuga ko bimuwe…

Read More

Afunganywe n’inzererezi mu kigo cya Tongati!!

Umuryango wa Ugirimfura Aloys usanzwe uri rwiyemezamirimo uzwi mu karere ka Karongimu murenge wa Rugabano, bibaza impamvu ndetse bakaba banahangayikishijwe no kubauyu mugabo adafungiwe ahagenewe gushyirwa abanyabyaha akaba yarajyanwe gufunganwan’inzererezi ziri kugororerwa mu kigo cya Tongati kiri mu murenge wa Gashari. Bamwe muri uyu muryango bavuga ko uyu rwiyemezamirimo wo mu kigero cy’imyaka 40yavanwe iwe…

Read More