APR FC yisanze mu itsinda rya kabiri muri CECAFA Kagame Cup
Tombola y’uko amakipe azahura mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup isize APR FC iri mu itsinda rya kabiri hamwe na Bumamuru yo mu Burundi, Mlandege ya Zanzibar na NEC FC ya Uganda. Amakipe 12 azitabira irushanwa ry’uyu mwaka yashyizwe mu matsinda atatu y’amakipe ane ane, gusa hakaba habayemo impinduka ku makipe yitabiriye ugereranyije n’ayari yatangajwe…

