Muri APR FC byahinduye isura!! Abakinnyi bafatirwa imyanzuro ikakaye

Ikipe ya APR FC yagaragaye isa nkaho ari nshya nyuma y’igihe imyitwarire y’abakinnyi itavugwaho rumwe. hasohotse amafoto y’abakinnyi ba APR FC bari bafite umusatsi ndetse bamwe bafite ‘Dreadlocks’ biyogoshesheje basigaho umusatsi mucye. Mu bakinnyi batunguranye cyane harimo Niyigena Clement, Memel Raouf Dao ndetse na William Mel Togui. Aba n’abandi bakinnyi bari bamaze igihe bafite imisatsi…

Read More

Ibiteye amatsiko kuri Stade ya Arsenal igiye kuvugururwa

Ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yatangiye gutekereza uko yakwagura stade yayo ‘Emirates Stadium’ ikongererwa umubare w’abafana yakira bakarenga ibihumbi 60. Amakuru avuga ko ibi biganiro biri mu ntangiriro, ndetse mu gihe umwanzuro wafatwa yazajya yakirira imikino yayo kuri Stade y’Igihugu ‘Wembley’ mu gihe ibikorwa byo kuvugurura bizaba biri gukorwa. Ntabwo ari ubwa mbere…

Read More

Amavubi yahamagaye abakinnyi habonekamo isura nshya yo kwitega

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Adel Amrouche yahamagaye abakinnyi bagiye kwitegura imikino ibiri ya Benin na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026. Ni urutonde rw’agateganyo rwashyizwe hanze kuri uyu mugoroba aho rwiganjemo abakinnyi bakinnye imikino ibiri iheruka ya Nigeria na Zimbabwe mu gihe harimo umukinnyi umwe mushya ariwe Joy-Lance Mickels ukinira Sabah…

Read More

Visit Rwanda mu mikoranire n’amakipe akomeye muri NBA na NFL

Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere (RDB) kivuga ko cyagiranye amasezerano y’”imikoranire y’igihe kirekire” n’ikipe ya basketball ya LA Clippers yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Amerika (NBA) n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Los Angeles Rams yo mu cyiciro cya mbere muri icyo gihugu (NFL), yo kurwamamaza binyuze muri gahunda yo gushishikariza abantu kurusura ya ‘Visit Rwanda’….

Read More

Umufaransa Ousmane Dembélé yegukanye ’Ballon d’Or’ 2025

Umufaransa Ousmane Dembélé ukinira ikipe ya PSG, yegukanye yegukanye igihembo cy’umukinnyi uhiga abandi ku Isi muri ruhago ’Ballon d’Or’ 2025 cyatanzwe kuri uyu wa Mbere. Ibi bihembo gitegurwa n’ikinyamakuru France Football cyatangiwe mu birori byabereye i Paris mu Bufaransa, byatanzwe mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere aho muri byinshi bitangwa haba hahanzwe amaso igihembo…

Read More

Volleyball: Hatowe abayobozi bashya muri (FRVB)

Kuwa Gatandatu i tariki 20 Nzeri 2025 mu cyumba cya Hotel Hill Top hateraniye inama rusanjye y’Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki mu Rwanda wa Volleyball (FRVB). Inama rusange y’abanyamuryango ba Volleyball mu Rwanda yariyo gutora abayobozi bashya b’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda FRVB nyumva ya manda y’imyaka 4 ishize nkuko biteganywa n’amategeko agenga iri shyirahamwe…

Read More

Ibyavuye mu rubanza rwa Thomas Partey ushinjwa gufata ku ngufu abagore batatu

Thomas Partey wahoze akinira ikipe ya Arsenal yahakanye gufata ku ngufu abagore babiri no gukora ihohotera rishingiye ku gitsina ku wundi mugore wa gatatu. Uyu Munya-Ghana ukina hagati mu kibuga yahakanye ibirego bitanu byo gufata ku ngufu n’ikirego kimwe cy’ihohotera rishingiye ku gitsina ubwo yitabaga urukiko rwa Southwark Crown Court i London ku wa gatatu….

Read More