Muri APR FC byahinduye isura!! Abakinnyi bafatirwa imyanzuro ikakaye
Ikipe ya APR FC yagaragaye isa nkaho ari nshya nyuma y’igihe imyitwarire y’abakinnyi itavugwaho rumwe. hasohotse amafoto y’abakinnyi ba APR FC bari bafite umusatsi ndetse bamwe bafite ‘Dreadlocks’ biyogoshesheje basigaho umusatsi mucye. Mu bakinnyi batunguranye cyane harimo Niyigena Clement, Memel Raouf Dao ndetse na William Mel Togui. Aba n’abandi bakinnyi bari bamaze igihe bafite imisatsi…

