Imihanda yo muri Angola yuzuye abafana bashaka kureba Messi
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Lionel Messi, ari kumwe na bagenzi be bakinira Ikipe y’Igihugu ya Argentine bageze muri Angola mu mukino wa gicuti wishyuwe miliyari 14,5 Frw. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14 Ugushyingo 2025, ni bwo Argentine yageze muri Angola ivuye muri Espagne aho yari imaze iminsi yitegurira uyu mukino….

