Akon yabigenje ate kugirango basange afite ibihumbi 10$ gusa ari gusabwa miliyoni 100$ muri gatanya

Nyuma y’imyaka 29 babana, umugore w’umuhanzi w’icyamamare ku Isi mu njyana ya R&B akaba n’umucuruzi Akon, Tomeka Thiam yasabye gatanya , asaba miliyoni 100 z’amayero, mu gihe urukiko rwagaragaje ko uyu muhanzi afite ibihumbi 10 gusa by’amadolari kuri konti ye. Akon amaze igihe mu bijyanye n’amategeko n’imari nyuma y’uko umugore we, Tomeka Thiam, atanze ikirego…

Read More

Abagabo basambanyijwe na Michael Jackson bari kwaka impozamarira

Abagabo babiri, Wade Robson na James Safechuck bashinja Michael Jackson kubasambanya ku gahato ubwo bari bakiri bato, bari gusaba impozamarira ya miliyoni 400$. Nk’uko byatangajwe na People, aba bagabo bombi bagejeje impapuro z’ubusabe bwabo mu rukiko rwa Los Angeles muri Leta ya California, aho bavuze ko bagiye guhatana n’umuryango wa Michael Jackson mu rubanza ruzatangira…

Read More

Urukundo rugeze aharyoshye kuri Katy Perry n’uwahoze ayobora Canada

Hakomeje kunugwanugwa urukundo n’umubano udasanzwe hagati y’umuririmbyi w’icyamamare, Katy Perry n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, nyuma y’uko amafoto yabo mashya agaragaye basomana bari mu bwato hafi y’i California. Aya mafoto yashyizwe hanze n’ikinyamakuru Daily Mail ku wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025, agaragaza Perry w’imyaka 40 yambaye umwenda wo kogana w’umukara, yegamye…

Read More

Uko Dorcas yatewe agahinda gakabije no kurongorwa kwa Vestine

Kamikazi Dorcas yasobanuye agahinda gakabije ‘depression’ yatewe n’uko umuvandimwe we bakuranye bakanaririmbana, Ishimwe Vestine, atari kumubona hafi ye nyuma yo kurongorwa. Ibi ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro bagiranye na MIE Empire, kijyanye n’imyiteguro barimo y’ibitaramo bari gutegura by’umwihariko ibizabera muri Canada byiswe ’Yebo Concerts’. Kamikazi Dorcas yavuze ko nyuma yo kurongorwa k’umuvandimwe we…

Read More

Ibyo wamenya kuri Filime ‘The Bridge of Christmas’ izagaragaramo musaza wa Alyn Sano

Sano Panda utunganya indirimbo akaba n’umuvandimwe w’umuhanzikazi Alyn Sano ni umwe mu bakinnyi b’imena bazagaragara muri filime y’urukundo yitwa ‘The Bridge of Christmas’ aho azaba akundana na Irakoze Ariane Vanessa umaze kubaka izina muri uyu mwuga. Sinema Nyarwanda ni kimwe mu biri gutera intambwe ikomeye muri ibi bihe bitewe na Televiziyo ya Zacu yaje ifite…

Read More

Inkuru ishimishije kuri Bishop Gafaranga

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime, Habiyaremye Zacharie uzwi cyane nka Bishop Gafaranga wari umaze amezi arenga atanu afunze, yarekuwe nyuma yo guhanishwa igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitse. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025 ni bwo Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye urubanza ruregwamo Bishop Gafaranga.  Uru rukiko rwamuhanishije igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitse…

Read More

Papa Cyangwe bwa mbere yerekanye umugore we n’umwana – AMAFOTO

Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe bwa mbere yerekanye umugore we Christa Tete hamwe n’imfura babyaranye avuga ko abo bombi ari ubuzima bwe. Uyu muhanzi ibi yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, ubwo yashyiraga hanze amafoto arikumwe n’umugore we hamwe n’umwana babyaranye arenzaho amagambo agira ati “Ubuzima bwanjye, urukundo rwanjye, umuryango wanjye.” Abakurikira uyu muhanzi ku mbuga…

Read More

Afrique agiye gusohora Album ya mbere yise ‘In 2 Stay’

Kayigire Josue wamenyekanye mu muziki ku izina rya Afrique yatangaje ko agiye gushyira hanze Album yise ‘In 2 stay’ yagiye ahurizaho abahanzi batandukanye harimo n’abo hanze y’u Rwanda. Iyi Album ya Afrique izajya hanze ku mugaragaro yose taliki ya 28 Ukwakira 2015. Igizwe n’indirimbo 13 hariho n’indi imwe yahaye abakunzi be nk’impano yise ‘Alhamdullilah.’ Muri…

Read More