

Gutora birarimbanyije!! Uko waha amahirwe abarimo The Ben, Bruce Melodie … muri Diva Awards 2025
Abahanzi Nyarwanda barimo The Ben, Bruce Melodie, Kevin Kade, Element n’abandi bahataniye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu Rwanda muri Diva Awards 2025 igiye kuba ku nshuro ya gatatu mu Rwanda. Diva Awards igiye kuba ku nshuro ya gatatu, izabanje hari higanjemo ibyiciro byo mu bijyanye n’ubwiza gusa ariko muri uyu mwaka hakaba hariyongereyemo ibindi byiciro byo…

Amavubi yahamagaye abakinnyi habonekamo isura nshya yo kwitega
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Adel Amrouche yahamagaye abakinnyi bagiye kwitegura imikino ibiri ya Benin na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026. Ni urutonde rw’agateganyo rwashyizwe hanze kuri uyu mugoroba aho rwiganjemo abakinnyi bakinnye imikino ibiri iheruka ya Nigeria na Zimbabwe mu gihe harimo umukinnyi umwe mushya ariwe Joy-Lance Mickels ukinira Sabah…

APR FC itsindiwe na Pyramids FC ku zuba rya Kigali – AMAFOTO
Ibitego bibiri bya Fiston Kalala Mayele byafashije Pyramids FC gutsindira APR FC i Kigali mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League. Ni umukino APR FC yagiye gukina ibizi ko igomba gukora ibishoboka byose bakawutsinda cyane ko imikino 4 yahuje aya makipe nta na rimwe bigeze babasha gutsinda Pyramids FC. Pyramids FC na yo…

Yujuje imyaka 35! Ibiteye amatsiko ku rugendo rwa Butera Knowless
Jeanne d’Arc Ingabire niyo mazina asanzwe y’umuhanzi uzwi ku izina rya Knowless. Ni mwene Jean Marie Vianney Butera na Marie Claire Uyambaje. Yavukiye mu Karere ka Ruhango hahoze hitwa Gitarama, kuwa 1 Ukwakira 1990, akavuka ari ikinege. Knowless mu muziki yakunzwe mu ndirimbo nyinshi cyane gusa izamuzamuye cyane harimo nka ’Nkoraho’, ’Ibidashoboka’, ’Ca va’, ’Rejoice’,…

Vestine na Dorcas bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada
Abahanzi Vestine na Dorcas bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada cyari cyimaze imyaka igera kuri ibiri cyarasubitswe. Iri tsinda ry’abavandimwe ryamaze kwemeza ko rizakora icyo gitaramo cyizabera mu mujyi wa Vancouver. Iki gitaramo kizaba taliki ya 18 Ukwakira 2025, gusa amakuru ahari ni uko bazajya no mu…

Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Liverpool yatsinzwe na Galatasaray, Real Madrid, Atletico Madrid na Bayern Munich zitsinda ibitego bitanu mu mikino y’Umunsi wa Kabiri wa UEFA Champions League wakinwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 30 Nzeri 2025. Mu mikino yari itegerejwe harimo uwa Real Madrid yo muri Espagne na Kairat Almaty wakiniwe kuri Almaty Central Stadium yo…

Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye nyuma y’imyaka 20
Umukinnyi wa filimi akanazitunganya, Nicole Kidman ndetse n’umuririmbyi mu njyana ya Country Music, Keith Urban; batandukanye nyuma y’imyaka 20 yari ishize barushinze, bitungura abakunzi babo ari na ko bibashengura. TMZ yatangaje ko amakuru yabonye ari uko aba bombi kuva mu ntangiro z’impeshyi ya 2025, batabanaga kuko buri wese yari yarahisemo kuba ukwe. Iki kinyamakuru gikomeza…

Visit Rwanda mu mikoranire n’amakipe akomeye muri NBA na NFL
Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere (RDB) kivuga ko cyagiranye amasezerano y’”imikoranire y’igihe kirekire” n’ikipe ya basketball ya LA Clippers yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Amerika (NBA) n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Los Angeles Rams yo mu cyiciro cya mbere muri icyo gihugu (NFL), yo kurwamamaza binyuze muri gahunda yo gushishikariza abantu kurusura ya ‘Visit Rwanda’….

The Ben agiye gutaramira i Manchester
Umuhanzi The Ben yagaragaje ko yiteguye gutanga ibyishimo mu gitaramo kizahuza urubyiruko rw’Abanyarwanda, kizabera mu Mujyi wa Manchester mu gihugu cy’u Bwongereza. Igitaramo uyu muhanzi azaririmbamo kizaba taliki ya 18 Ukwakira 2025, cyateguwe na Rwandan Community in Greater Manchester (RCGM), kikaba gifite intego yo guhuza urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu Bwongereza. Mu butumwa The Ben yanyujije…

Ikoranabuhanga rya AI ryagizwe minisitiri muri Albania rikomeje guteza impagarara
Ijambo rya mbere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano riherutse kugirwa minisitiri ryateje impagarara mu Nteko Ishinga Amategeko muri Albania. Ku wa 14 Nzeri 2025, ni bwo Minisitiri w’Intebe wa Albania, Edi Rama, yatangaje ko yashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bw’ubwenge buhangano (AI chatbot) nka minisitiri, mu buryo bwo kurwanya ruswa. Nyuma iri koranabuhanga ryiswe Diella ryahise rihabwa umwanya mu…