Mu marira menshi ‘Oprah’ yicujije avuga ko yagize ubwana mu gutandukana na Katauti
Irene Uwoya ‘Oprah’ wahoze ari umugore wa Ndikumana Hamad Katauti wamamaye muri ruhago mu Rwanda, mu marira menshi yicujije impamvu ari we wagize uruhare mu gutandukana kwabo, agaragaza ko agize amahirwe yo kongera kumubona yakora byose akamusaba imbabazi. Uyu mugore yabigarutseho mu kiganiro cyitwa ‘A List’ akorana n’ibindi byamamare muri sinema ya Tanzania birimo Kajala…
Aubameyang yaruciye ararumira nyuma yo guhagarikwa burundu
Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang, ndetse inirukana umutoza Thierry Mouyouma. Minisitiri wa Siporo Simplice-Désiré Mamboula yatangaje ibi byemezo byafashwe nyuma yo gutsindwa ibitego 3-2 n’Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire mu mukino wabaye ku wa 31 Ukuboza 2025. Ibi byatumye…
Menya ibihugu byinjiye muri 2026 mbere! Kigali naho biraba ari ibirori
Abatuye muri Repubulika ya Kiribati, Nouvelle-Zélande, mu Birwa bya Solomon, Micronesia, mu Burasirazuba bw’u Burusiya, muri Australie mu Mujyi wa Sydney, ni bamwe mu binjiye mu mwaka wa 2026 mbere y’abandi. Ni cyo kimwe n’abari muri Samoa na Tonga. Kiribati yo mu Mugabane wa Océanie, yabaye igihugu cya mbere cyinjiye mu 2026 aho byabaye Saa…
Nta mubyeyi wo kwanika inda n’umukondo ku gasozi – Rutangarwamaboko avuga kuri Pamella
Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yagaragaje ko Uwicyeza Pamella atari, akwiriye kujya ku karubanda yambaye imyenda igaragaza inda ye. Yabivuze nyuma y’aho uyu mugore wa The Ben yagiye mu gitaramo cya ‘Spinny and Friends’ umukondo uri hanze. Ati “Zibaho wo gatsindwa we. Kirazira mu muco wacu. Nta mugore wo gushyira umukondo ku karubanda. Nta mubyeyi wo…
Abarimo Indashyikirwa, Rocky, Intare y’ingore, Dashim na Rukotana begukanye ibihembo muri Karisimbi – AMAFOTO
Ibyamamare bitandukanye birimo Rocky Kimomo, Intare y’ingore, Swalla, itorero indashikirwa n’abandi batandukanye begukanye ibihembo muri Karisimbi multicultural Awards 2025. Karisimbi Events niyo yatanze ibihembo byitwa Karisimbi multicultural Awards ku bijyanye n’umuco biciye mu muziki, imideli hamwe n’ubuzima busanzwe ku bantu bagiye bagira icyo bakora muri sosiyete bigahindura ubuzima bw’abantu. Ibi birori byabaye mu ijoro ryo…
Igice gishya cya Filime ya ‘Avatar’ gikomeje kwandika amateka adasanzwe
Filime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse. Muri ayo mafaranga, miliyoni 119$ yayinjije muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe miliyoni 331$ yakomotse ku masoko mpuzamahanga. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki 23 Ukuboza, igice cya…
Ibyo Ykee Benda yatangaje ku bamushinje iyica rubozo
Ykee Benda, yatangaje ku mugaragaro ko adafite aho ahuriye n’amagambo amaze iminsi amuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga, amushinja gushyigikira iyicarubozo n’ihohoterwa rikorerwa abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni. Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa X, Wycliffe Tugume uzwi cyane ku izina rya Ykee Benda yagaragaje impungenge n’agahinda yatewe no kubona hari…

