Umunyarwandakazi Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho wo muri Kenya

Munezero Rosine uzwi ku mbuga nkoranyamba nka Bijou Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho Safi wigaragaje nk’umunyamafaranga akagambirira kuzenguruka abagore beza asangira nabo iraha. Ku binyamakuru byo muri Kenya byanditse ko Jimal Roho Safi na Dabijou ibyabo byagiyeho akadomo ndetse nta n’umwe ukiri inshuti n’undi ku mbuga nkoranyamabaga. Ni nako bimeze ku mafoto bafashe igihe…

Read More

Abatuye i Kigali bashyizwe igorora ku mukino wa Amavubi na Nigeria

Meya w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yavuze ko mu rwego rwo korohereza abatuye uyu Mujyi kujya gushyigikira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ikina na Nigeria kuri uyu wa Gatanu, hari abafatanyabikorwa baguze amatike ndetse hari n’imodoka zateganyijwe zifasha abaturage kugera kuri Stade Amahoro. U Rwanda rurakira Nigeria kuri uyu wa Gatanu, saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba, mu mukino…

Read More

Rwamagana: Icyoba ni cyose mu baturage kubera gitifu ubahoza ku nkoni

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Kibaza bavuga ko hari serivisi zirimo nkaGirinka no guhabwa Imbabura bimwa, bakazihabwa ari uko babanje gutanga rusway’amafaranga ku buyobozi bw’umudugudu. Aba baturage nkuko babitangarije televiziyo ya BTN dukesha iyi nkuru,ibi ngo byiyongerahoandi mafaranga y’irondo bakwa n’abayobozi mu mudugudu kandi ntibayahererweinyemezabwishyu ndetse n’iryo rondo ridakora. Aya makuru abaturage bamaze…

Read More

Sadate n’abamugaragiye bose bamaze guhambirizwa

Munyakazi Sadate na komite ye bari bayoboye ikipe ya Rayon sports,begujwe n’inamaikomeye yabereye muri Kigali Arena kuri uyu wa kabiri taliki ya 22 Nzeri 2020 ikabayabahuje na RGB,MINISPORTS ndetse na bamwe mu banyamuryango b’iyi kipe. Nyuma y’igihe kinini muri Rayon Sports havugwa ibibazo by’urusobe byatangiyeCoronavirus igeze mu Rwanda,Komite y’iyi kipe yari iyobowe na Munyakazi Sadate…

Read More

Rwamagana: Abaturage bahahamuwe n’inkoni za Gitifu wigize ikigenge kuberagukingirwa ikibaba na Meya

Abaturage bo mu Kagari ka Bicaca,mu murenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamaganabaratabaza kukera ihohoterwa bakorerwa n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka kagaliNdizeye Yozefu kuko abahoza ku nkoni ariko abamukuriye ntibagire icyo bamukorahon’ubwo yakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu munyamabanga nshingwabikorwa, Yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nzige ahoyaburanaga urubanza 00363/2020/TB/NZG ku wa 24/2/2021 yahamijwe n’urukiko…

Read More

Bari kurira ayo kwarika nyuma yo kutabona ibyo bemerewe

Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe, AKagari ka Rega, Umudugudu wa Kinama, Akarereka Nyabihu bavuze ko bamaze imyaka irenga ibiri batarahabwa ingurane y’imitungoy’ahazakorwa umuhanda ariko kugeza ubuhakaba nta kirakorwa kuko amaso yaheze mumkirere. Muri 2017 mu kwezi kwa 9 nibwo perezida wa Repubulika, Paul Kagame yemereyeumuhanda aba baturage,ukaba waragombaga guca mu murenge wa Bigogwe arikougakomereza…

Read More

Bategereje ingurane nk’abategereje kujya mu ijuru

Mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyanza, bamwe mu baturage baratakambira letabasaba gusubizwa cyangwa guhabwa ingurane y’ubutaka bakuwemo mu myaka 10 ishizeUbwo babwirwaga ko buzagirwa pariki y’inyamaswa, ariko amaso agahera mu kirere kuburyobifuza ko babusubizwa ngo babubyaze umusaruro bityo biteze imbere . Aba baturage basaga 300 bo mu kagali ka Rwotso bavuga ko bimuwe…

Read More