Marina Rwanda

Marina yihakanye Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi Marina yitandukanyije na Bad Rama wahoze ari umujyanama we mu bya muzika avuga ko ntaho agihuriye nawe bitewe nibyo yishoyemo byo gusebya igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi. Marina ibi yabitangaje nyuma yaho Bad Rama abwiye abamukurikirana ko Marina ari umukobwa we, arenzaho amagambo yo kumutaka ashaka kwerekana ko ari impano Imana yahaye i gihugu cy’u…

Read More

Filime ‘Zirara Zishya’ yazamuye abarimo Nzovu na Papa Sava igiye gusubukurwa

Filime y’uruhererekane yakunzwe cyane mu Rwanda guhera mu myaka ya za 2010, Zirara Zishya, igiye kongera gukorwa nyuma y’imyaka igera kuri 20 yari ishize ihagaritswe. Zirara Zishya ni filime igaruka ku buzima bwo mu miryango, igaragaza amakimbirane n’imibanire hagati y’abashakanye n’abaturanyi, ibintu byatumye igira abafana benshi mbere y’uko ihagarara. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi wayo, Charles…

Read More

Nicki Minaj ari gushinjwa ubwambuzi

Nicki Minaj, umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Rap, yajyanywe mu nkiko, ashinjwa kutishyura Amadolari ya Amerika 275,000 bivugwa ko yakoreshejwe mu gutegura ibitaramo bye. Nk’uko inyandiko z’Urukiko zibigaragaza, kompanyi yitwa ‘24/7 Productions’ yareze Nicki Minaj hamwe na sosiyete ye yitwa Pink Friday Productions, ivuga ko ari bo bishyuye mbere amafaranga yo gutegura ibikorwa bitandukanye by’ibitaramo…

Read More

Ubuzima bw’igisirikare| Ibyo wamenya kuri Chuck Norris ‘ikirango cy’imbaraga’ mu busore no mu busaza

Carlos Ray Norris yavukiye i Oklahoma mu 1940, ajya mu gisirikare kirwanira mu kirere cya Amerika atarageza imyaka 20. Ubwo yari mu butumwa bw’ingabo muri Korea y’Epfo, Norris ni ho yatangiriye kwitoza imikino njyarugamba. Yaje kugera ku mukandara w’umukara ndetse atwara amarushanwa atandukanye ya Karate mu myaka ya za 1960. Mu ntangiriro z’imyaka ya 1970…

Read More

White gets first England call-up since 2022

Arsenal defender Ben White has been called up to the England squad for the first time in more than three years. The 27-year-old has not been involved since leaving the camp during the 2022 World Cup in Qatar for personal reasons. White then made himself unavailable for selection for the rest of Gareth Southgate’s reign. England play friendlies against…

Read More

Umunyarwandakazi Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho wo muri Kenya

Munezero Rosine uzwi ku mbuga nkoranyamba nka Bijou Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho Safi wigaragaje nk’umunyamafaranga akagambirira kuzenguruka abagore beza asangira nabo iraha. Ku binyamakuru byo muri Kenya byanditse ko Jimal Roho Safi na Dabijou ibyabo byagiyeho akadomo ndetse nta n’umwe ukiri inshuti n’undi ku mbuga nkoranyamabaga. Ni nako bimeze ku mafoto bafashe igihe…

Read More