Tuyishime Fabrice

Rwamagana: Icyoba ni cyose mu baturage kubera gitifu ubahoza ku nkoni

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Kibaza bavuga ko hari serivisi zirimo nkaGirinka no guhabwa Imbabura bimwa, bakazihabwa ari uko babanje gutanga rusway’amafaranga ku buyobozi bw’umudugudu. Aba baturage nkuko babitangarije televiziyo ya BTN dukesha iyi nkuru,ibi ngo byiyongerahoandi mafaranga y’irondo bakwa n’abayobozi mu mudugudu kandi ntibayahererweinyemezabwishyu ndetse n’iryo rondo ridakora. Aya makuru abaturage bamaze…

Read More

Sadate n’abamugaragiye bose bamaze guhambirizwa

Munyakazi Sadate na komite ye bari bayoboye ikipe ya Rayon sports,begujwe n’inamaikomeye yabereye muri Kigali Arena kuri uyu wa kabiri taliki ya 22 Nzeri 2020 ikabayabahuje na RGB,MINISPORTS ndetse na bamwe mu banyamuryango b’iyi kipe. Nyuma y’igihe kinini muri Rayon Sports havugwa ibibazo by’urusobe byatangiyeCoronavirus igeze mu Rwanda,Komite y’iyi kipe yari iyobowe na Munyakazi Sadate…

Read More

Rwamagana: Abaturage bahahamuwe n’inkoni za Gitifu wigize ikigenge kuberagukingirwa ikibaba na Meya

Abaturage bo mu Kagari ka Bicaca,mu murenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamaganabaratabaza kukera ihohoterwa bakorerwa n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka kagaliNdizeye Yozefu kuko abahoza ku nkoni ariko abamukuriye ntibagire icyo bamukorahon’ubwo yakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu munyamabanga nshingwabikorwa, Yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nzige ahoyaburanaga urubanza 00363/2020/TB/NZG ku wa 24/2/2021 yahamijwe n’urukiko…

Read More

Bari kurira ayo kwarika nyuma yo kutabona ibyo bemerewe

Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe, AKagari ka Rega, Umudugudu wa Kinama, Akarereka Nyabihu bavuze ko bamaze imyaka irenga ibiri batarahabwa ingurane y’imitungoy’ahazakorwa umuhanda ariko kugeza ubuhakaba nta kirakorwa kuko amaso yaheze mumkirere. Muri 2017 mu kwezi kwa 9 nibwo perezida wa Repubulika, Paul Kagame yemereyeumuhanda aba baturage,ukaba waragombaga guca mu murenge wa Bigogwe arikougakomereza…

Read More

Bategereje ingurane nk’abategereje kujya mu ijuru

Mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyanza, bamwe mu baturage baratakambira letabasaba gusubizwa cyangwa guhabwa ingurane y’ubutaka bakuwemo mu myaka 10 ishizeUbwo babwirwaga ko buzagirwa pariki y’inyamaswa, ariko amaso agahera mu kirere kuburyobifuza ko babusubizwa ngo babubyaze umusaruro bityo biteze imbere . Aba baturage basaga 300 bo mu kagali ka Rwotso bavuga ko bimuwe…

Read More

Robertinho yimuriye ibirindiro muri Gor Mahia nyuma yo kuva mu Rwanda

Umutoza Oliveira Goncalves do Carmo bakunze kwita Robertinho,yatangajwe nk’umutozamushya mu ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya kuri uyu wa gatandatu taliki ya 10/10/2020nyuma yo gutandukana na Rayon sports ya hano mu Rwanda ku bwumvikane. Robertinho yavuze ko yabonye inshuro nyinshi Gor Mahia ikina ndetse na we akabayarahuye nayo mu matsinda ya Caf Confederation Cup…

Read More

Afunganywe n’inzererezi mu kigo cya Tongati!!

Umuryango wa Ugirimfura Aloys usanzwe uri rwiyemezamirimo uzwi mu karere ka Karongimu murenge wa Rugabano, bibaza impamvu ndetse bakaba banahangayikishijwe no kubauyu mugabo adafungiwe ahagenewe gushyirwa abanyabyaha akaba yarajyanwe gufunganwan’inzererezi ziri kugororerwa mu kigo cya Tongati kiri mu murenge wa Gashari. Bamwe muri uyu muryango bavuga ko uyu rwiyemezamirimo wo mu kigero cy’imyaka 40yavanwe iwe…

Read More

Kudatanga ruswa kuwamuhaye isoko byashyize abakozi be mu bibazo

Abakoreye rwiyemezamirimo witwa Muhima Michel mu bikorwa byo gusiga amarangi kunyubako y’Inkundamahoro iherereye mu kagari ka Kimisagara mu murenge wa Kimisagaraho mu karere ka Nyarugenge bavuga ko ubuzima bwabo bugeze habi dore ko kuva muri 2017batigeze bishyurwa kandi barakoze. Bamwe mu bakoreye uyu rwiyemezamirimo baganiriye n’ikinyamakuru Mambo1.combagaragaje ko uyu rwiyemezamirimo wabambuye yabateye ibibazo by’urudaca birimokwirukanwa…

Read More