
Gutora birarimbanyije!! Uko waha amahirwe abarimo The Ben, Bruce Melodie … muri Diva Awards 2025
Abahanzi Nyarwanda barimo The Ben, Bruce Melodie, Kevin Kade, Element n’abandi bahataniye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu Rwanda muri Diva Awards 2025 igiye kuba ku nshuro ya gatatu mu Rwanda. Diva Awards igiye kuba ku nshuro ya gatatu, izabanje hari higanjemo ibyiciro byo mu bijyanye n’ubwiza gusa ariko muri uyu mwaka hakaba hariyongereyemo ibindi byiciro byo…