Dj Toxxyk yasabye kurekurwa kubera ko ababyeyi barwaye Stroke
DJ Toxxyk yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko yarekurwa agakurikiranwa adafunzwe kubera ko afite ababyeyi barwaye Stroke bari mu Bubiligi, afite umwana muto akwiriye kwitaho, kandi yari afite ubucuruzi bukeneye kwitabwaho. Ibi ni bimwe mu byo yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije Urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na DJ Toxxyk. Ni urubanza rwabaye ku wa 04 Gashyantare…
Umuhanzi wo muri Nigeria yapfuye nyuma yo kurumwa n’inzoka
Abantu benshi muri Nigeria bagaragaje agahinda kubera urupfu rw’umuhanzi wari ukizamuka wapfuye ku wa gatandatu nyuma yo kurumwa n’inzoka mu murwa mukuru, Abuja. Ifunanya Nwangene w’imyaka 26, yamenyekanye ubwo yerekanaga impano ye mu irushanwa rya The Voice Nigeria mu 2021. Yari azwiho kubasha kuririmba injyana za jazz, soul, opera, n’umuziki wa cyera. Amashusho yashyizwe ku…
Kendrick Lamar mu begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye – Urutonde rwabegukanye Grammys
Ibihembo bikomeye mu myidagaduro bimaze gutwangwa i Los Angeles muri Amerika, aho abahanzi bakomeye nka Billie Eilish, Kendrick Lamar cyangwa Olivia Dean begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye. Muri ibi bihembo bitanzwe ku nshuro ya 68, Kendrick Lamar yakoze amateka ubwo yahabwaga igihembo cya album nziza ya Rap kubera iyo yise GNX, aha yahise aca kuri Jay-Z…
The RIP, filime ikunzwe kuri Netflix igiye kwerekanwa i Kigali
Filime yitwa The RIP iri mu zigezweho ku rubuga rwa Netflix igiye kwerekanwa mu mujyi wa Kigali mu gikorwa gihoraho cyiswe KGL Cine Corner. Kgl cine corner ni igikorwa cyo kwerekana filime kizajya kiba inshuro ebyiri mu kwezi, cyatangiranye n’umwaka wa 2026 ubu kikaba kigiye kuba ku nshuro ya kabiri. Bwa mbere herekanwe iyitwa ‘One…
Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi batanze ibyishimo muri Nyagatare – AMAFOTO
Ubutwari Tour Concerts 2026 yari yakomereje mu karere ka Nyagatare muri iki cyumweru dusoje, aho abahanzi barimo Mariya Yohana, Muyango n’umukirigita ntanga Nzayisenga Sophie batanze ibyishimo ku baturage bo muri ako karere. Ibi bitaramo bizenguruka intara zose z’u Rwanda byateguwe na Karisimbi Events ku bufatanye na Transparency International Rwanda, RDF na Banki ya Kigali. Mu…
HandBall: uRwanda rutsinzwe umukino wa mbere na Algeria
Uyu munis i Taliki 22 Mu tarama imikino Nyafurika m’umukino w’intoki wa Handball y’abagabo (27th Men’s Senior Handball Africa Cup of Nations) bakinaga umunis wa kabiri. Ku munsi wa kabiri mu mikino 8 hari hategerejwemo umukino wahuje ikipe y’uRwanda na Algeria wabaye saa moya z’umugoroba ku kibuga cya BK Arena. Umukino watangiriye ku tige ikipe…
Rwandan Phenomenon Alyn Sano Heads to a Prestigious Show in Los Angeles
The renowned powerhouse, Alyn Sano, travelled to Los Angeles, California, to participate in The NAMM Show 2026 and to do some other music projects as she stays in her lane of aiming to become an international artist. This global music industry event, taking place from January 20-24 at the Anaheim Convention Center, will see Alyn…
Handball: Ku ikubitiro uRwanda rwatangiranye intsinzi
Imikino ihuza amakipe y’Ibihugu by’Afurika mu bagabo, mu mukino w’intoki wa Handball (Africa cup of Nations Men’s) riri kubera mu Rwanda ku nshura ya 27 rya tangijwe n’umukino w’ikipe y’Igihugu cy’uRwanda na Zambia. Nyuma y’imyiyerekano y’Amakipe yitabiriye irushanwa Nyafurika rihuza amakipe y’Ibihugu riri kubera mu Rwanda, ikipe y’u Rwanda yakiriye ikipe ya Zambia ku mukino…
Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi bataramiye i Nyanza bigisha ku butwari – Amafoto
Abahanzi Nyarwanda bamenyerewe mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu barimo Mariya Yohana, Muyango, Sophie Nzayisenga n’abandi bataramiye abaturage bo mu karere ka Nyanza mu gitaramo cya mbere cya Ubutwari 2026. Ubutwari Tour Concert 2026 ni ibitaramo bizenguruka u Rwanda bifite insanganyamatsiko ivuga ku ‘Ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda nk’inkingi z’iterambere.’ Mu gutangira ibi bitaramo icya mbere cyaherereye mu ntara…

