‘Please, enjoy where we are as a club’ – Arsenal manager Mikel Arteta
Arsenal manager Mikel Arteta, speaking in his post-match news conference: “I know the effort, the commitment that they put in. “There’s a lot of work behind it. We’ve done something that has never been done in the history of our club in 140 years, so that tells you the difficulty of that. “There is a reason…
Perezida Kagame yashimiye amakipe akorana n’u Rwanda yageze muri 1/2 cya UCL
Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ikaba n’umufatanyabikorwa ukomeye w’u Rwanda binyuze muri gahunda ya #VisitRwanda, nyuma yo kugera muri 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions League ndetse ayifuriza amahirwe masa mu cyiciro gikurikira. Arsenal igeze muri ½ cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera Sporting Portugal, ku giteranyo cy’igitego 1-0 mu…
Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa
Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….
Slot fears Ekitike injury is ‘really bad’
Liverpool boss Arne Slot says Hugo Ekitike’s injury “looks really bad” after the France striker was taken off on a stretcher during Tuesday’s Champions League loss to Paris St-Germain. Ekitike went down off the ball 30 minutes into the quarter-final second leg, which the Reds lost 2-0 on the night and 4-0 on aggregate. He was…
#Kwibuka32: Ali Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yavuze ko Kwibuka bigomba kuba urumuri rw’amahoro y’ahazaza. Ati ”Twifatanyije n’u Rwanda Kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kubibuka bitubere…
Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria yashyizeho uburyo bw’umwihariko bwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka
Umunyarwenya wo muri Nigeria, Doctall Kingsley yatangarije abafana be ko nta kintu azongera gushyira ku mbuga nkoranyambaga ze kugera mu Cyumweru gitaha ubwo hazaba hasojwe icyumweru cyo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Yavuze ko iki ari icyemezo yafashe mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, bityo ko mu cyumweru…
Rwabuze gica mu Nguge zo muri Uganda ziri mu ‘ntambara ikaze hagati yazo’
Itsinda rya mbere rinini cyane ku isi rizwi ry’inguge zo mu gasozi, ryacitsemo ibice ndetse rimaze imyaka umunani riri mu “ntambara ikaze hagati yazo”, nkuko abashakashatsi babivuga. Ntibisobanutse neza impamvu uyu muryango w’inguge wa Ngogo wahoze ubana neza muri Parike y’Igihugu ya Uganda yitwa ‘Kibale National Park’ ubu rwabuze gica hagati yazo, ariko guhera mu…
Cyusa yasubiyemo indirimbo ‘Mutunge’ mu rwego rwo guha icyubahiro uwayihimbye
Umuhanzi Cyusa Ibrahim yavuze ko yahisemo gusubiramo indirimbo ’Mutunge’ ya Twahirwa Ladislas ashaka kumuha icyubahiro no kugaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yateguwe kuva kera. Ni indirimbo yashyize hanze mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange batangiye kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Cyusa akaba yasubiyemo indirimbo Mutunge yahimbwe na…
Abakinnyi ba DR Congo bahawe imodoka n’inzu
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yahembye buri mukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, nyuma yo gutsindira itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka, itsinze Jamaica igitego 1-0. Amafoto yatangajwe n’ibiro bya perezida wa DRC agaragaza Perezida Tshisekedi yakira abakinnyi b’ikipe y’igihugu Les Léopards ejo ku cyumweru mu murwa mukuru Kinshasa, ubwo bari…
Imikino irimo iyo gushakisha amagi – Ibyo kwitega muri Weekend ya Pasika
Mu gihe abanyarwanda binjiye muri weekend ndende izarangira ku wa mbere, ni ukuvuga iminsi ine yose y’ibyishimo, banashyiriweho ibikorwa bitandukanye bizabafasha kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika byaba iwabo mu rugo, ndetse n’ahandi hantu hatandukanye hahurira abantu benshi. Mu mujyi wa Kigali hateguwe ibirori byinshi haba iby’abana ndetse n’abantu bakuru, ariko byose bigamije gufasha benshi kwizihiza…

